Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: KNC Ati: ‘ Dukwiye Kuvugurura Ruhago Yacu’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

KNC Ati: ‘ Dukwiye Kuvugurura Ruhago Yacu’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2024 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles avuga ko hari ibintu biri mu mupira w’amaguru byari bikwiye gukosorwa kuko biwica.

Yabwiye RBA ko ubwo yatangazaga ko ikipe ye ivuye mu mupira w’amaguru mu Rwanda, yabikoze mu buryo bwe kandi icyavuyemo akibona.

Yemeza ko ibyo yakoze atangaza ko agiye gusesa ikipe ye yabonye umusaruro wabyo.

Ati “Ibyo nakoze ni uburyo bwanjye, sindi bubisobanure. Dukwiriye kuvugurura Ruhago yacu.”

Hashize igihe gito KNC atangaje ko ikipe ye itazasubira mu mukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda kuko ngo urimo byinshi bidatunganye.

Ikintu abantu bakunze kunenga ni imisifurire.

Imwe mu mpamvu bivugwa ko zitera abasifuzi kwitwara nabi mu kibuga ni ruswa bivugwa ko bahabwa kubera ko nta mushahara uzwi bagenerwa mu gihe kizwi.

Icyakora ntacyo urwego rw’abasifuzi rujya rutangaza kuri iki kibazo kugira ngo rukureho urujijo.

TAGGED:KNCUmupiraUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mpunzi Z’Abarundi Zitaha Iwabo Harimo N’Iziva I Kigali
Next Article Ntidushobora Kwihanganira Abayobya Abandi Muri Iki Gihugu-Dr.Ntezilyayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ese APR FC Iri Ku Rwego Rwo Gukina N’Amakipe Nka Pyramids FC?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?