Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Myaka 10 Umukobwa Wa Kanye West Agiye Gusohora Alubumu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Ku Myaka 10 Umukobwa Wa Kanye West Agiye Gusohora Alubumu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2024 7:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

North West w’imyaka 10 y’amavuko yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gusohora alubumu ya mbere yise ‘ Elementary School Dropout’.

Niwe mwana wa mbere ku isi  ku myaka 10 uzaba usohoye alubumu y’indirimbo.

North West ni umukobwa wa Kanye West na Kim Kardashian akaba asanganywe impano igaragara cyane yo gushushanya, ibintu akunze gukorera ku rubuga rwe rwa TikTok.

Uyu mwana azi gushushanya. Izuba rirarashe

Mu minsi ishize aherutse gukorana na Se indirimbo  bise Talking/Once Again yasohotse muri Gashyantare, 2024.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iri kuri alubumu yise Vulture 1.

Se Kanye West yayumvishije abafana be mu  gihe gito gishize ubwo yari ari mu Mujyi wa Phoenix muri Leta ya Arizona, USA.

Kanye nawe ajya kuba icyamamare yakoze alubumu yise College Droupout ituma amenyekana cyane.

Hashize imyaka 20 ayikoze.

Uyu mwana w’umukobwa aherutse guca agahigo kuri ‘Billboard Chart’, ko kuba umuhanzi ukiri muto ufite indirimbo kuri uru rutonde.

- Advertisement -

North West w’imyaka 10 uretse kuba ari umukobwa wa Kanye West, anazwi cyane mu ndirimbo zirimo Talking, Its Your Bestie n’izindi.

North West ari kumwe na Se Kanye West
TAGGED:AlubumuImyakaIndirimboKanyeWest
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Tanzania Bigiye Gufungura Undi Mupaka
Next Article Ibiciro Bishya By’Ingendo: Ku Frw 10,000 Uva Nyabugogo Ujya Kamembe Uzajya Usagura Make
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?