Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’ahitwa Busia muri Uganda iri mu iperereza ryo kumenya abari inyuma yo gutwika umusore witwa Robert Wejuli agapfa. Ababibonye bavuga ko uriya musore yari yabanje kwica Nyina w’imyaka 39 y’amavuko.

Uyu musore uvugwaho kwica Nyina yari afite imyaka 19 y’amavuko, akaba yabanaga na Nyina ahitwa Alupe B muri Busia, Nyina akaba yitwaga Belvin Nanjala.

Abapolisi bavuga ko hataramenyekana impamvu nyayo yateye uriya musore wari ukiri muto kwica Nyina.

Abaturanyi bavuga ko uriya musore yahagurukanye Nyina amutera ibyuma kugeza apfuye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yahise acika ajya kwihisha ariko asa n’uwihishe muri kaburimbo kubera ko abantu bahise bamubona baramusumira bamusubiza aho bivugwa ko yiciye Nyina.

Bahageze bamutera amabuye kugeza anogotse.

Polisi yahageze isanga uwo musore yapfuye, ifata bamwe mubo ikekaho uruhare muri urwo rupfu.

Yajyanye umurambo wa Nyina w’uwo musore ndetse  n’uwe mu buruhukiro ngo isuzumwe.

IP Moses Mugwe uvugira Polisi mu gace ka Busia( PHOTO | FILE)
TAGGED:featuredIbyumaKumutwikaNyinaPolisiUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BAL: Iyakuyemo REG BBC Yageze Ku Mukino wa Nyuma
Next Article Umuhanzikazi Tina Turner Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Miliyari $1 Yashowe Mu Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?