Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kubika Amakuru Byahinduye Isura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Kubika Amakuru Byahinduye Isura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 June 2021 7:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ni ikintu cy’ingenzi mu ngeri zose. Bitewe n’ubwoko bwayo, amakuru aba agomba kubikwa mu buryo runaka, ariko icy’ibanze kikaba kuyarinda kwangirika cyangwa kubonwa n’abo adakwiye.

Uko imyaka ihita indi igataha, abakora amakuru n’abayabika bahora biyungura ubumenyi n’ibikoresho bya ngombwa byo kuyarinda.

N’ubwo akenshi amakuru abikwa mu nyandiko  ni ukuvuga ko mpapuro zanditswemo amazina, amataliki n’ahantu ibintu runaka byabereye, hari abahitamo kuyabika mu buryo bw’ikoranabuhanga ni ukuvuga mu  bigega mu ikoranabuhanga bita digital storages.

Ibi bigega byatangiye gukoreshwa mu myaka ya 1950, kuva icyo gihe kugeza ubu, abahanga bagenda bakora ibigega nka biriya ariko bito mu ngano.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuba mu ngano ari bito, ntibivuze ko ububiko bwabyo buba ari buto.

Iyo urebye ibigega bibikwamo amakuru bita floppy disk uko byanganaga mbere, ukareba uko byagiye bigabanywe mu bunini ( size) ubona ko muri iki gihe byoroshye.

Ibi bifasha abantu kugendana amakuru menshi ku kantu gato(physical size) ariko akaba ari ku mbuga nini cyane iyo ubirebeye mu buryo bw’ikoranabuhanga( digital size).

Ikindi kiza kirimo ni uko abashinzwe ariya makuru baba bashobora kongera kuyandika, bakayavugurura( editing).

Uko ibihe bihita niko aho kubika amakuru mu ikoranabuhanga bikorerwa ahantu hato

Ku rundi ruhande ariko amakuru abitswe mu buryo bw’ikoranabuhanga( digital storage) ahura n’ikibazo cy’uko aramutse yangiritse biba bigoye kongera kuyabona uko yakabaye.

- Advertisement -

Si kimwe n’amakuru yanditse ku rupapuro kuko iyo rucitse abantu baba barusana ariko iyo flash disk ihiye cyangwa iguye hasi ikangirika, ijyana n’ibiyiriho.

Mu rwego rwo kwirinda ibi byago, abantu bagirwa inama yo kubika amakuru yabo mu buryo bwinshi bw’ikoranabuhanga kugira ngo nibipfira hamwe, bizashakirwe ahandi.

Ahantu ho kubika amakuru mu buryo bw’ikoranabuhanga hari mu ngeri nyinshi harimo CDs, DVDs, DVD-Rs, DVD+Rs, CD+Rs, na Blu-Ray.

Hari ahantu abantu bashobora kubika amakuru yabo nko kuri za Memory cards,cameras, recorders n’ahandi.

Kurinda amakuru ni ingenzi haba ku bariho muri iki gihe n’abazabaho mu bihe biri imbere.

Kubika amakuru mu mpapuro biri gucika gahoro gahoro

 

TAGGED:AmakurufeaturedIkoranabuhangaMudasobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuntu Ufite Umutekano Awuha Abaturanyi Be: DIGP Namuhoranye
Next Article Bamaze Imyaka 4 Bacukura Amabuye Yacu Badasora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?