Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2023 12:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi witwa Lil Wayne avuga ko muri iki gihe yibagiwe indirimbo ze zo hambere zatumye aba icyamamare.

Rwose yeruriye Rolling Stone ko nta kintu akibuka mu byo yakireye muri studios zose yaciyemo.

Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko atangaje ibi mu gihe ari kwitegura kuzamurika album ye mu minsi mike iri imbere.

Aherutse no kuvuga ko yifuza kuzaririmba mu mikino ya Football y’Amerika bita NFL itaha.

Lil Wayne avuga ko afite ikibazo cy’uko ubuzima bwe bwo mu mutwe butameze neza kubera ko akunze kugira isereri kandi akarwara igicuri.

Yatangiye kuba icyamamare mu mwaka wa 2000 mu ndirimbo zitandukanye zirimo na Lilpop n’izindi.

Yabwiye Rolling Stone ko n’ubwo ubwonko bwe hari indirimbo nyinshi bwibagiwe, ariko adateganya kureka umurimo we vuba aha.

Yunzemo kandi ko n’iyo agize ikibazo akikubita hasi kubera igicuri, abo mu muryango we bamwibutsa ibyamubayeho, bakamugarura mu buzima busanzwe.

Bimugaruramo imbaraga zo gukomeza gukora.

TAGGED:AmerikafeaturedIgicuriIndirimboUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa
Next Article Amerika Igiye Kuganira N’Ubushinwa Uko Bakwirinda Gukozanyaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

DRC: Inzu Z’Abapolisi Zahawe Inkongi

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

Maduro N’Umugore We Bagejejwe Muri Gereza Ya Amerika

Ingabo z’Uburundi Ziracyari Muri Congo- Réverien Ndikuriyo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Centrafrique: Ibyavuye Mu Matora Bizatangira Kumenyekana Mu Cyumweru Gitaha 

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida Wa Venezuela Yashimuswe Na Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?