Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2023 12:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi witwa Lil Wayne avuga ko muri iki gihe yibagiwe indirimbo ze zo hambere zatumye aba icyamamare.

Rwose yeruriye Rolling Stone ko nta kintu akibuka mu byo yakireye muri studios zose yaciyemo.

Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko atangaje ibi mu gihe ari kwitegura kuzamurika album ye mu minsi mike iri imbere.

Aherutse no kuvuga ko yifuza kuzaririmba mu mikino ya Football y’Amerika bita NFL itaha.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Lil Wayne avuga ko afite ikibazo cy’uko ubuzima bwe bwo mu mutwe butameze neza kubera ko akunze kugira isereri kandi akarwara igicuri.

Yatangiye kuba icyamamare mu mwaka wa 2000 mu ndirimbo zitandukanye zirimo na Lilpop n’izindi.

Yabwiye Rolling Stone ko n’ubwo ubwonko bwe hari indirimbo nyinshi bwibagiwe, ariko adateganya kureka umurimo we vuba aha.

Yunzemo kandi ko n’iyo agize ikibazo akikubita hasi kubera igicuri, abo mu muryango we bamwibutsa ibyamubayeho, bakamugarura mu buzima busanzwe.

Bimugaruramo imbaraga zo gukomeza gukora.

- Advertisement -
TAGGED:AmerikafeaturedIgicuriIndirimboUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa
Next Article Amerika Igiye Kuganira N’Ubushinwa Uko Bakwirinda Gukozanyaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?