Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lt Gen Mupenzi Yagenzuye Uko Ubukene Bugabanuka Mu Baturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Lt Gen Mupenzi Yagenzuye Uko Ubukene Bugabanuka Mu Baturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2021 3:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Jean Jacques Mupenzi yasuye Akarere ka Rusizi asuzuma uko inzego zitandukanye zishyira mu bikorwa gahunda zo gukura abaturage mu bukene.

Nyuma yo kubisuzuma yagiranye inama n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi na Nyamasheke bareba uko ziriya gahunda zakomeza gukurikizwa.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Lieutenant Colonel Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kuba umusirikare [agira uruhare] mu mibereho myiza y’abaturage ari imwe mu nshingano za RDF.

Lt Col Rwivanga avuga ko hari gahunda nyinshi ingabo z’u Rwanda zigiramo uruhare rigamije kuzamura urwego rw’imibereho y’abaturage.

Yirinze kugira byinshi atubwira ku rugendo rwa Lieutenant General Jean Jacques Mupenzi kuko atarasoma neza ibikubiye mu mbwirwaruhame ye ariko akemeza ko RDF ihora igira uruhare mu gusuzuma niba imibereho y’abaturage izamuka nk’uko Politiki ya Guverinoma ibiteganya.

Mu ruzinduko rwe, Lt Gen Mupenzi yari aherekejwe na Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba Alphonse Munyantwari, abayobozi b’Uturere twa Rusizi na Nyamasheke.

Munyantwari yagejeje ijambo ku bari aho
Hari mu nama yitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye za Rusizi na Nyamasheke
TAGGED:featuredGuverineriIntaraMupenziNyamashekeRDFRusizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibya Murenzi Uvugwaho Kuriganya Diaspora Nyarwanda Bigeze He?
Next Article Umubano W’u Burundi N’Umuryango W’u Burayi Uri Kuzanzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Bunyoni Ararembye

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?