Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mali: Ushinzwe Ibiro Bya Perezida Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mali: Ushinzwe Ibiro Bya Perezida Yishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2023 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania.

Muri rusange iki gitero cyaguyemo abantu bane nk’uko bitangazwa na RFI.

Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru wa Mali wishwe yitwa le Sergent-chef Oumar Traoré.

We n’itsinda rye barashweho ubwo bari bagiye kureba aho imishinga y’iterambere  yatewe inkunga n’icyitwa Koulouba igeze.

Bikekwa ko kiriya gitero cyagabwe n’abarwanyi bo mu mutwe witwa Katiba Macina du Jnim ushamikiye  kuri al-Qaïda.

Aba barwanyi bakorera hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania.

Abantu bari kwibaza impamvu imodoka zitwaye abakozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’igihugu zafashe urugendo zitarinzwe kandi zigiye mu gice kidatekanye.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, ingabo za Mali zasohoye itangazo ryemeza ibya kiriya gitero.

Iri tangazo rivuga kandi ko mu masaha make yakurikiyeho, hari ikindi gitero cyagabwe mu basirikare ba kiriya gihugu.

TAGGED:AbarwanyifeaturedIgiteroMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Umujyi Wa Kigali Wafunze Uruganda Rutavugwaho Rumwe N’Abaturage
Next Article Abari Abayobozi Muri FDLR Bakatiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?