Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mali: Ushinzwe Ibiro Bya Perezida Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mali: Ushinzwe Ibiro Bya Perezida Yishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2023 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania.

Muri rusange iki gitero cyaguyemo abantu bane nk’uko bitangazwa na RFI.

Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru wa Mali wishwe yitwa le Sergent-chef Oumar Traoré.

We n’itsinda rye barashweho ubwo bari bagiye kureba aho imishinga y’iterambere  yatewe inkunga n’icyitwa Koulouba igeze.

Bikekwa ko kiriya gitero cyagabwe n’abarwanyi bo mu mutwe witwa Katiba Macina du Jnim ushamikiye  kuri al-Qaïda.

Aba barwanyi bakorera hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania.

Abantu bari kwibaza impamvu imodoka zitwaye abakozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’igihugu zafashe urugendo zitarinzwe kandi zigiye mu gice kidatekanye.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, ingabo za Mali zasohoye itangazo ryemeza ibya kiriya gitero.

Iri tangazo rivuga kandi ko mu masaha make yakurikiyeho, hari ikindi gitero cyagabwe mu basirikare ba kiriya gihugu.

TAGGED:AbarwanyifeaturedIgiteroMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Umujyi Wa Kigali Wafunze Uruganda Rutavugwaho Rumwe N’Abaturage
Next Article Abari Abayobozi Muri FDLR Bakatiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?