Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mika: Robo Y’Umugore Ya Mbere Ku Isi Iyobora Ikigo Cy’Ubucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mika: Robo Y’Umugore Ya Mbere Ku Isi Iyobora Ikigo Cy’Ubucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2023 9:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikoranabuhanga riri ku rwego ruteye ubwoba! Riteye ubwoba mu mpu zombi kubera ko, ku ruhande, ririhuta cyane kandi mu nzego zose.

Ku rundi ruhande rirasatira urwego rw’uko umuntu nyamuntu twese tuzi ‘ashobora’ kuzata agaciro mu isi Imana yamuhaye ngo ayobore.

Urugero rubyerekana ni uko muri Pologne baherutse guhanga robo ishushe nk’umugore bise ‘Mika’ iyobora abakozi mu ruganda rukora inzoga.

Mu kiganiro iyi robo Mika yahaye Reuters mu minsi itatu ishize, yavuze ko ikora amasaha 24 mu minsi irindwi.

Ngo ntabyo kunanirwa biyibaho.

Mika avuga ko mu nshingano ze harimo kwakira ibyifuzo by’abakiliya, gusesengura isoko kugira ngo amenye aho ikigo cye gishobora gushora kikunguka n’ibindi.

Amahirwe y’abakora muri iki kigo ni uko Mika nta bubasha afite bwo kwirukana abakozi.

Ibye ni ibyavuzwe haruguru ariko ibijyanye no gushaka abakozi byo bigenwa n’Inteko nyobozi y’uruganda Dictador.

Mika aje asanga mukuru we wamutanze ku isi witwa Sophia.

Uyu we yasuye n’u Rwanda aganira na Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Paula Ingabire Musoni.

Hari taliki 15, Gicurasi, 2019.

Kuba ikoranabuhanga ritera imbere ni ibintu byiza kuko rifasha umuntu gukora vuba vuba ariko nanone abarihanga bakwiye kuzirikana umwanya umuntu afite mu isi n’ibiyikorerwamo byose, byaba ibihumeka n’ibidahumeka.

TAGGED:IkoranabuhangaMikaUmugoreUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge
Next Article Fatouma Ndangiza Yasabye Uhagarariye DRC Muri EALA Kudasebya u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?