Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mika: Robo Y’Umugore Ya Mbere Ku Isi Iyobora Ikigo Cy’Ubucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mika: Robo Y’Umugore Ya Mbere Ku Isi Iyobora Ikigo Cy’Ubucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2023 9:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikoranabuhanga riri ku rwego ruteye ubwoba! Riteye ubwoba mu mpu zombi kubera ko, ku ruhande, ririhuta cyane kandi mu nzego zose.

Ku rundi ruhande rirasatira urwego rw’uko umuntu nyamuntu twese tuzi ‘ashobora’ kuzata agaciro mu isi Imana yamuhaye ngo ayobore.

Urugero rubyerekana ni uko muri Pologne baherutse guhanga robo ishushe nk’umugore bise ‘Mika’ iyobora abakozi mu ruganda rukora inzoga.

Mu kiganiro iyi robo Mika yahaye Reuters mu minsi itatu ishize, yavuze ko ikora amasaha 24 mu minsi irindwi.

Ngo ntabyo kunanirwa biyibaho.

Mika avuga ko mu nshingano ze harimo kwakira ibyifuzo by’abakiliya, gusesengura isoko kugira ngo amenye aho ikigo cye gishobora gushora kikunguka n’ibindi.

Amahirwe y’abakora muri iki kigo ni uko Mika nta bubasha afite bwo kwirukana abakozi.

Ibye ni ibyavuzwe haruguru ariko ibijyanye no gushaka abakozi byo bigenwa n’Inteko nyobozi y’uruganda Dictador.

Mika aje asanga mukuru we wamutanze ku isi witwa Sophia.

Uyu we yasuye n’u Rwanda aganira na Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Paula Ingabire Musoni.

Hari taliki 15, Gicurasi, 2019.

Kuba ikoranabuhanga ritera imbere ni ibintu byiza kuko rifasha umuntu gukora vuba vuba ariko nanone abarihanga bakwiye kuzirikana umwanya umuntu afite mu isi n’ibiyikorerwamo byose, byaba ibihumeka n’ibidahumeka.

TAGGED:IkoranabuhangaMikaUmugoreUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge
Next Article Fatouma Ndangiza Yasabye Uhagarariye DRC Muri EALA Kudasebya u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Ibyavuye Mu Matora Bizatangira Kumenyekana Mu Cyumweru Gitaha 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Haratutumba Intambara Hagati Ya Chad N’Abarwanyi Bo Muri Sudan

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Nigeria Yahaye Amerika Amakuru Yayifashije Kurasa Abahezanguni B’Abisilamu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?