Min Dr. Mujawamariya Yirukanywe Muri Guverinoma

Itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya yirukanwe mu nshingano ze kugira ngo haboneke uburyo bwo kumukurikirana kubyo akekwaho.

Ibyo akekwaho ntibyatangajwe.

Mujawamariya yari umwe mu bagize Guverinoma wari umaze igihe muri aka kazi kuko yayoboye Minisiteri y’uburezi, ibidukikije na Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo.

Yigeze kuba na Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya akaba yarakoze no muri Kaminuza y’u Rwanda.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version