Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti

admin
Last updated: 14 May 2021 7:15 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze muri Djibouti, aho azahagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida Ismaïl Omar Guelleh.

Dr Ngirente yageze mu murwa mukuru wa Djibouti kuri uyu wa Gatanu, mbere y’umuhango uzaba kuri uyu wa Gatandatu. Yakiriwe ku kibuga cy’indege na mugenzi we Abdoulkader Kamil Mohamed, Minisitiri w’Intebe wa Djibouti.

Guelleh w’imyaka 73 aheruka gutorerwa manda ya gatanu nka Perezida wa Djibouti.

Yatowe ku majwi 97.44%, arusha kure amajwi 87% yabonye mu matora aheruka mu 2016.

Yari ahanganye n’umucuruzi ukomeye muri icyo gihugu, Zakaria Ismail Farah, nk’umukandida wigenga, wabonye amajwi 2.48%.

Guelleh ayobora Djibouti kuva mu 1999. Yasimbuye Hassan Gouled Aptidon, perezida wa mbere icyo gihugu cyagize kuva cyabona ubwigenge mu 1977.

 

TAGGED:DjiboutifeaturedIsmaïl Omar GuellehNgirentePaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakunda Basketball Bagiye Kureba BAL Kuri Canal +
Next Article Mufite Umukoro Wo Kwandika Amateka Mashya – Jeannette Kagame Abwira Urubyiruko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?