Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri w’Intebe Wa Canada Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri w’Intebe Wa Canada Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2025 7:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Justin Trudeau wari ugiye kumara imyaka 10 ari Minisitiri w’Intebe Wa Canada yeguye.

Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi w’ishyaka ry’aba Liberals riri ku butegetsi hanyuma akazegura nka Minisitiri w’Intebe.

Icyakora avuga ko azakomeza kuba Minisitiri w’Intebe kugeza ubwo hazaboneka undi Minisitiri w’Intebe uzayobora igihugu.

Avuga ko Inteko ishinga amategeko izakomeza gukora kugeza Tariki 24, Werurwe, 2025.

Trudeau yari amaze igihe ashyirwaho igitutu n’abo mu Ishyaka rye n’abandi banyapolitiki.

Umwe mu bavugwaho kuzamusimbura ni Chrystia Freeland wahoze ari Umudepite, undi ubinugwanugwaho ni Mark Carney wahoze ari Guverineri wa Banki Nkuru ya Canada.

BBC yanditse ko Trudeau yabwiye itangazamakuru ko yizeye ko abanya Canada bazabona umuyobozi uzakomereza aho yari agejeje.

Justin Trudeau yavuze ko yeguye yanga ko abaturage bakomeza gushyuha mu mutwe kubera imiyoborere ye itavugwaho rumwe.

Ku rundi ruhande, avuga ko Canada idakwiye kuzayoborwa na Pierre Poilievre kuko ngo icyerekezo cye kidakwiye abaturage b’igihugu cye.

Poilievre ayobora Ishyaka ry’abatsimbaraye ku bya kera ryitwa Conservative Party of Canada.

TAGGED:AbadepiteAmatoraIntebeMinisitiriTrudeau
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirongo Mishya Ya Minisiteri Y’Ubucuruzi N’Inganda Ku Buziranenge
Next Article Cyamunara Zitesha Imitungo Agaciro Ku Rwego Rubabaje- Umuvunyi Mukuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?