Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’intebe Wa Slovakia Yarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’intebe Wa Slovakia Yarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 May 2024 4:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi batandukanye barimo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza David Cameron bamaganye iraswa rya Minisitiri w’intebe wa Slovakia witwa Robert Fico.

Yarasiwe hafi y’inyubako y’ahitwa Handlova ahari habereye Inama y’Abaminisitiri yari yayoboye.

Uwamurashe yaje gufatwa naho Minisitiri w’intebe we ajyanwa kwa muganga.

Abanyamakuru babibonye bavuga ko bumvise amasasu menshi avuga barebye basanga ni Minisitiri w’intebe wa Slovakia warashwe.

Amasasu yamushegeshe.

Abayobozi batandukanye ku isi bamaganye iryo raswa.

Barimo Perezida w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi Ursula von der Leyen, Minisitiri w’Intebe wa Roumania witwa Marcel Ciolacu, Minisitiri w’intebe wa Repubulika ya Czec witwa Petr Fiala na mugenzi we wa Hungary witwa Viktor Orabn n’abandi.

 

TAGGED:featuredIntebeMinisitiriSlovakiaUburayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Volleyball: Imikino Ibanziriza Iya Nyuma Igiye Gutangira
Next Article Bugesera: Yapfushije Impanga Yari Amaze Igihe Asabira Ubufasha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?