Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’intebe Wa Slovakia Yarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’intebe Wa Slovakia Yarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 May 2024 4:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi batandukanye barimo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza David Cameron bamaganye iraswa rya Minisitiri w’intebe wa Slovakia witwa Robert Fico.

Yarasiwe hafi y’inyubako y’ahitwa Handlova ahari habereye Inama y’Abaminisitiri yari yayoboye.

Uwamurashe yaje gufatwa naho Minisitiri w’intebe we ajyanwa kwa muganga.

Abanyamakuru babibonye bavuga ko bumvise amasasu menshi avuga barebye basanga ni Minisitiri w’intebe wa Slovakia warashwe.

Amasasu yamushegeshe.

Abayobozi batandukanye ku isi bamaganye iryo raswa.

Barimo Perezida w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi Ursula von der Leyen, Minisitiri w’Intebe wa Roumania witwa Marcel Ciolacu, Minisitiri w’intebe wa Repubulika ya Czec witwa Petr Fiala na mugenzi we wa Hungary witwa Viktor Orabn n’abandi.

 

TAGGED:featuredIntebeMinisitiriSlovakiaUburayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Volleyball: Imikino Ibanziriza Iya Nyuma Igiye Gutangira
Next Article Bugesera: Yapfushije Impanga Yari Amaze Igihe Asabira Ubufasha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?