Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Miss Rwanda Ishobora Kuba Hakoreshejwe Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Miss Rwanda Ishobora Kuba Hakoreshejwe Ikoranabuhanga

taarifa@media
Last updated: 04 February 2021 1:21 pm
taarifa@media
Share
SHARE

Abakobwa bashaka ikamba rya Miss Rwanda 2021 baracyiyandikisha gusa amatsiko ni yose kuko ntibaramenya uko bizagenda nyuma yo gusubika iri rushanwa.

Biravugwa ko hazakoreshwa uburyo bw’ikoranabuhanga.

Amajonjora y’ibanze ya Miss Rwanda 2021 yagombaga gutangirira mu Karere ka Rubavu taliki ya 9 Mutarama 2021, asubikwa kubera icyorezo cya Covid-19.

Icyo gihe, abategura iri rushanwa bavuze ko bazakorana n’inzego z’ubuzima kugira ngo basubukure iri rushanwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibivugwa ni uko iri rushanwa rishobora kuba hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga, abakobwa bo mu ntara bakazajya bifata amashusho (Video) ubundi bakohereza.

Rwanda Inspirational Back Up itegura iri rushanwa ntacyo irifuza gutangaza kuri ubu buryo biri kuvugwa ko bwazakoreshwa.

Umuvugizi wabo Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan aganira na Inyarwanda yavuze ko mu minsi iri imbere aribwo bazatangaza uko iri rushanwa rizakorwa.

Ati “Amakuru yose muzayahwa muri ibi bihe bigiye kuza, si kera rwose ni vuba.”

Bamwe mu bakunzi biri rushanwa babinyujije ku mbuga zabo bagiye bavuga ko ntacyo byaba bitwaye bikozwe gutyo kuko hari n’ibindi bitaramo byagiye bikorwa kandi bikaryohera abantu.

- Advertisement -

Rukundo Patrick uzwi nka Patycope ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umwe mu bajya bakorana na Rwanda Inspirational back up.
Ati “Iwacu Muzika,.My Talent Show, Igitaramo cyo ku munsi w’Intwari …. N’ibindi byagiye biba hakoreshejwe virtually Ariko bigeze kuri #MissRwanda2021 biba BlaBlablabla… Twizereko abategura iri rushanwa bazaduha show Setu.”

Uwitwa Umusore Wirwanyeho yagize ati “Well ntabwo tuzi icyo wita virtually ariko ndacyeka abahanzi baririmbye muri ibyo bitaramo bose babaga bahari live(imbonankubone) ku rubyiniro.

Ntawigeze aririmbira kuri ‘zoom Grinning face’ yerekana za nseko. Ubwo rero n’aba Miss nibabashyira hamwe muri Camp tukabireba kuri TV nta mufana wagiye muri Salle ibyo ntaribi.

Reka tubihange amaso gusa ntabwo twabaveba tutaramenya ibyo barimo gutegura gusa nanjye numva ari uko byagakwiye kugenda.”

Kwiyandikisha muri Miss Rwanda 2021 byatangiye kuva ku wa 11 Ukuboza 2020. Bigaragara ko kwiyandikisha bizarangira ku wa 06 Gashyantare 2021.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CHAN 2020: Mali Na Maroc Nizo Zizahurira Kumukino Wanyuma Mumikino Ya CHAN 2020
Next Article Mashami ‘Ashobora’ Kongererwa Amasezerano Yo Gutoza Amavubi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?