Mossad Iranugwanugwa Mu Rupfu Rwa Perezida Wa Iran

Nyuma y’igihe gito indege yari itwaye Perezida wa Iran ikoze impanuka ikamuhitana, ku mbuga nkoranyambaga hatangiye kuvugwa ko Urwego rw’ubutasi rwa Israel Mossad rwaba rubifitemo ukuboko.

Ibi Israel yabihakanye ivuga ko ibyabaye ari impanuka idafite aho ihuriye nayo.

Umwe mu bayobozi ba Israel bakuru utashatse ko Reuters imutangaza amazina yagize ati: ” Sitwe twabikoze”.

Uretse Perezida Raisi, abandi baguye muri iyo mpanuka ni Minisitiri w’ububanyi n’amahanga witwa Hossein Amir-Abdollahian.

- Advertisement -

Abantu bose bari bari muri iyo ndege bahasize ubuzima.

 

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version