Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bahanzi 200 B’Ibihe Byose Mu Mateka Y’Isi 84 Ni Abirabura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Mu Bahanzi 200 B’Ibihe Byose Mu Mateka Y’Isi 84 Ni Abirabura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 1:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru kitwa Rolling Stone cyo muri Amerika cyerekana ko mu bahanzi ba 200 b’ibihe byose, uwa mbere ari Umwirabura kazi witwa Aretha Flanklin. Umwe muri bo kandi Umunya Nigeria ukiri muto witwa Burna Boy.

Abandi bahanzi bakomeye ni mu Beyonce, Rihanna, Mary J, Bridge, Usher, Youssou N’dour, Miriam Makeba…

Mu bantu 200 bashyizwe kuri ruriya rutonde abagera kuri 84 ni Abirabura.

Kuri uru rutonde ntihagaragaraho  Celine Dion uyu akaba ari umuhanzikazi wo muri Canada.

Abafana be bagiye ku biro bya Rolling Stone i New York bamagana ko umukunzi wabo atashyizwe kuri ruriya rutonde.

Baribitwaje ibyapa byanditseho amagambo agira ati “Gute mwibagirwa Celine ?”, “Ubutabera kuri Celine”, “Imbaraga za Celine.”, “Yakagombye kuza ari uwa mbere kuri uru rutonde.”

Icyakora ntacyo ubwanditsi bwa Rolling Stone buravuga  mu buryo butaziguye kuri iyi myigaragambyo.

Burna Boy ni umwe mu bahanzi b’ibihe byose nk’uko Rolling Stone
TAGGED:AbahanziBob MarleyBurnafeaturedIbiheNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abapolisi Bakurikiranyweho Ruswa
Next Article Claude Muhayimana Wari Ufungiye Mu Bufaransa Kubera Jenoside Yarekuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?