Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bahanzi 200 B’Ibihe Byose Mu Mateka Y’Isi 84 Ni Abirabura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Mu Bahanzi 200 B’Ibihe Byose Mu Mateka Y’Isi 84 Ni Abirabura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 1:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru kitwa Rolling Stone cyo muri Amerika cyerekana ko mu bahanzi ba 200 b’ibihe byose, uwa mbere ari Umwirabura kazi witwa Aretha Flanklin. Umwe muri bo kandi Umunya Nigeria ukiri muto witwa Burna Boy.

Abandi bahanzi bakomeye ni mu Beyonce, Rihanna, Mary J, Bridge, Usher, Youssou N’dour, Miriam Makeba…

Mu bantu 200 bashyizwe kuri ruriya rutonde abagera kuri 84 ni Abirabura.

Kuri uru rutonde ntihagaragaraho  Celine Dion uyu akaba ari umuhanzikazi wo muri Canada.

Abafana be bagiye ku biro bya Rolling Stone i New York bamagana ko umukunzi wabo atashyizwe kuri ruriya rutonde.

Baribitwaje ibyapa byanditseho amagambo agira ati “Gute mwibagirwa Celine ?”, “Ubutabera kuri Celine”, “Imbaraga za Celine.”, “Yakagombye kuza ari uwa mbere kuri uru rutonde.”

Icyakora ntacyo ubwanditsi bwa Rolling Stone buravuga  mu buryo butaziguye kuri iyi myigaragambyo.

Burna Boy ni umwe mu bahanzi b’ibihe byose nk’uko Rolling Stone
TAGGED:AbahanziBob MarleyBurnafeaturedIbiheNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abapolisi Bakurikiranyweho Ruswa
Next Article Claude Muhayimana Wari Ufungiye Mu Bufaransa Kubera Jenoside Yarekuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?