Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bice Bimwe By’Ubushinwa Ubushyuhe Bwageze Kuri 40°C
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bice Bimwe By’Ubushinwa Ubushyuhe Bwageze Kuri 40°C

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 11:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C.

Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan.

Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe iby’ikirere kivuga ko n’ahandi mu gihugu abantu bakwiye kongera ubwinshi bw’amazi banywa,  bakagashaka imitaka yo kubarinda izuba kandi abana n’abantu bakuru bakitabwaho.

Abana, abantu  bakuru ndetse n’abagore batwite nibo bantu bakunze kwibasirwa n’indwara cyangwa ibindi bintu bigira ingaruka ku buzima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Abaturage baragirwa inama yo kunywa amazi menshi no kwitwikira izuba

Biterwa ahanini n’uko imibiri yabo iba idafite ubudahangarwa buhagije.

Kuba ubushyuhe bugera kuri 40°C ni ikintu kibi ku buzima bw’abantu kubera ko ubusanzwe umuntu muzima agira 37°C.

Imwe mu mpamvu ikomeye ihurizwaho n’abahanga mu bituma ibice byinshi by’isi bishyuha ni uko inganda zo mu bihugu bikize zikomeje kohereza mu kirere ibyuka bigihumanya.

Ni ngombwa kumenya ko Ubushinwa ari bwo bwa mbere bufite inganda nyinshi ku isi bityo bukaba ubwa mbere mu guhumanya ikirere.

TAGGED:AbanaAbasazaBushinwaIzubaUbushyuhe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yazanye Miliyoni Frw 4.5 Zo Guhemba Abakozi Barazimwiba
Next Article Minisitiri W’Intebe Yagarutse K’Ubufatanye Bwa Leta N’Abikorera Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?