Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Gatsata Urukuta Rwishe Abantu Babiri Bagize Umuryango Umwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Mu Gatsata Urukuta Rwishe Abantu Babiri Bagize Umuryango Umwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2024 10:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu karere ka Gasabo Umurenge wa Gatsata haramukiye inkuru mbi y’abantu babiri bagize umuryango umwe bagwiriwe n’urukuta rw’amabuye rwari rwubatse ku mukingo barapfa. Ni umwana w’umwaka umwe n’igice na Se.

Nyina yajyanywe kwa muganga.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Superintendent of Police( SP) Sylvestre Twajamahoro avuga ko byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024.

Ngo byatewe ahanini n’uko imvura imaze igwa ubutaka bukaba bwarasomye none bukaba butwangiye guhirima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali SP Sylvestre Twajamahoro

Asaba abatuye ahantu hashobora kubabera intandaro y’urupfu kwegera inzego zibegereye bakaba bakwimurwa kuko ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere giherutse gutangaza ko imvura yo mu mpera za Gashyantare ikomeje kugwa.

Abo bantu babiri bapfiriye muri Gasabo mu gihe nta masaha menshi ashize hari abantu bane bishwe n’inkuba mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke.

TAGGED:featuredGasaboUmuvugiziUrukuta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Ari Muri Ethiopia Mu Nama Ya Afurika Yunze Ubumwe
Next Article Kigali: Abaraburakazi Bo Hirya No Hino Ku Isi Bagiye Guhiganwa Mu Mpano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?