Mu Rukiko Kazungu Yarize Asaba Imbabazi Abo Yiciye

 Umwe mu banyamakuru bari bari mu rukiko aho Kazungu Denis yaburanaga yemera ibyaha by’uko yishe abantu 12( abo yemera), avuga ko uyu mugabo w’imyaka 32 y’amavuko yageze aho ararira, asaba imbabazi abo yiciye, Abanyarwanda muri rusange na Perezida wa Repubulika.

Uyu mugabo avuga ko yemera ko ibyo yakoze yabikoze, akabivugana ikiniga ndetse n’amarira.

Mu rukiko yemera ko yishe abantu 12 barimo n’umusore witwa Gatsinzi Eric.

Inkuru irambuye iraza gukurikiraho…

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version