Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Rwanda Hagiye Kubera Inama Yiga Ku Mikoreshereze Y’Impu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hagiye Kubera Inama Yiga Ku Mikoreshereze Y’Impu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2024 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera kuri uyu wa Kabiri mu Rwanda hazabera Inama izitabirwa n’abahanga mu gutunganya impu, ikazigirwamo uko byarushaho guha amafaranga ababikora.

Yateguwe n’ikigo nyafurika kigisha abantu gukana impu mu Cyongereza bita The Africa Leather and Leather Products Institute (ALLPI).

Ni iya karindwi, ikazigirwamo uko uruhererekane rugamije gutunganya impu rukorwa n’uburyo ubucuruzi buzishingiyeho bwakwaguka.

Ni ubucuruzi bugomba kugendana n’uburyo isoko ry’Afurika naryo ryaguka.

Umuyobozi Nshingwabikorwa muri iki kigo witwa Nicholas Mudungwe avuga ko kutita ku mpu ngo zinagurwe kinyamwuga bihombya Afurika akayabo k’amadolari y’Amerika.

Nicholas avuga ko kidatunganya neza impu bihombye Afurika akayabo.

Ati: “Gutunganyiriza impu muri Afurika ni uburyo bwanozwa bukagirira akamaro uyu mugabane. Ni akamaro kagaragara no mu gucuruzanya binyuze mu bucuruzi bw’Afurika ariko ikibazo ni uko kutabikora biyihombya Miliyari $50 buri mwaka”.

Inama izaba kuri uyu wa Kabiri izitabirwa n’abantu 200, barimo abafata ibyemezo, abacuruzi bikorera, abahanga n’abanyabugeni baturutse hirya no hino kuri uyu mugabane.

U Rwanda ruzigira ku bashyitsi bazitabira iyo nama uko abashoramari barwo barushaho kunoza imikorere muri urwo rwego.

Perezida Kagame yigeze gusaba abanyemari kuziga uko impu zikanirwa mu Rwanda zazajya zikorwamo inkweto z’Abanyarwanda.

Yavugaga ko bidakwiriye ko Abanyarwanda bambara gusa inkweto zakozwe b’abanyamahanga kandi nabo borora.

Impu zikoreshwa kenshi mu nganda n’ubukorokori ni iz’inka.

Akarere ka mbere kazorora ni Nyagatare kuko ifite izirenga 200,000.

Mu Karere ka Bugesera haba uruganda rutunganya impu.

TAGGED:AfurikafeaturedImpuInamaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe: Bishimira Ko Igwingira Ryagabanutse
Next Article 30% By’Ibitunguru N’Urusenda Abanyarwanda Basarura Urangirika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?