Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Rwanda Hagiye Kubera Inama Yiga Ku Mikoreshereze Y’Impu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hagiye Kubera Inama Yiga Ku Mikoreshereze Y’Impu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2024 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera kuri uyu wa Kabiri mu Rwanda hazabera Inama izitabirwa n’abahanga mu gutunganya impu, ikazigirwamo uko byarushaho guha amafaranga ababikora.

Yateguwe n’ikigo nyafurika kigisha abantu gukana impu mu Cyongereza bita The Africa Leather and Leather Products Institute (ALLPI).

Ni iya karindwi, ikazigirwamo uko uruhererekane rugamije gutunganya impu rukorwa n’uburyo ubucuruzi buzishingiyeho bwakwaguka.

Ni ubucuruzi bugomba kugendana n’uburyo isoko ry’Afurika naryo ryaguka.

Umuyobozi Nshingwabikorwa muri iki kigo witwa Nicholas Mudungwe avuga ko kutita ku mpu ngo zinagurwe kinyamwuga bihombya Afurika akayabo k’amadolari y’Amerika.

Nicholas avuga ko kidatunganya neza impu bihombye Afurika akayabo.

Ati: “Gutunganyiriza impu muri Afurika ni uburyo bwanozwa bukagirira akamaro uyu mugabane. Ni akamaro kagaragara no mu gucuruzanya binyuze mu bucuruzi bw’Afurika ariko ikibazo ni uko kutabikora biyihombya Miliyari $50 buri mwaka”.

Inama izaba kuri uyu wa Kabiri izitabirwa n’abantu 200, barimo abafata ibyemezo, abacuruzi bikorera, abahanga n’abanyabugeni baturutse hirya no hino kuri uyu mugabane.

U Rwanda ruzigira ku bashyitsi bazitabira iyo nama uko abashoramari barwo barushaho kunoza imikorere muri urwo rwego.

Perezida Kagame yigeze gusaba abanyemari kuziga uko impu zikanirwa mu Rwanda zazajya zikorwamo inkweto z’Abanyarwanda.

Yavugaga ko bidakwiriye ko Abanyarwanda bambara gusa inkweto zakozwe b’abanyamahanga kandi nabo borora.

Impu zikoreshwa kenshi mu nganda n’ubukorokori ni iz’inka.

Akarere ka mbere kazorora ni Nyagatare kuko ifite izirenga 200,000.

Mu Karere ka Bugesera haba uruganda rutunganya impu.

TAGGED:AfurikafeaturedImpuInamaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe: Bishimira Ko Igwingira Ryagabanutse
Next Article 30% By’Ibitunguru N’Urusenda Abanyarwanda Basarura Urangirika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?