Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mureke Twemere Ko Kwibuka Jenoside Ari Ngombwa- Peter Muthuki Uyobora EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Mureke Twemere Ko Kwibuka Jenoside Ari Ngombwa- Peter Muthuki Uyobora EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 June 2021 12:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yatangizaga umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Dr Peter Muthuki uyobora Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, yabwiye bagenzi be ko kwibuka iriya Jenoside ari ngombwa niba bashaka ko itazongera kubaho ku isi.

Uyu muhango wabereye ku kicaro cy’uriya Muryango kiri Arusha muri Tanzania.

Muthuki yagize ati: “ Mureke twemere ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari ngombwa kandi ko kuyibagirwa bishobora guha urwaho indi. Kubyibuka bizatuma nta handi iba ku isi.”

Dr. Peter Mathuki yavuze ko abatuye Isi muri rusange n’abatuye ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba by’umwihariko bagomba guharanira ko ‘Never Again’ iba impamo.

“Never Again” ni imvugo ikangurira abantu guharanira ko ingengabitekerezo ya Jenoside yakumirwa ku isi hose kuko ari yo iganisha kuri Jenoside nyirizina.

Uretse u Rwanda( ari narwo Jenoside yakorewe Abatutsi yakorewemo), ahandi hubatswe inzibutso zayo mu karere ruhereyemo ni muri Uganda.

 

Martin Ngoga na bagenzi be bakorana muri uriya muryango bafashe umunota wo kwibuka

Muri 2018 Abanyarwanda baba muri Uganda bigeze gukusanya miliyoni 37 z’amashiringi yo kubaka urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,  mu gace Mpigi.

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari imibiri yabo yajugunywe mu migezi yo mu Rwanda iratembanwa igera mu kiyaga cya Victoria, kiri muri Uganda.

Ako gace gatukura ni muri Mpigi ahubatswe urwibutso rwa Jenoside ku kiyaga cya Victoria
TAGGED:AfurikafeaturedJenosideMuthukiRwandaUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Israel Yiyemeje Guha Abanyarwanda Amaraso Ye
Next Article Qatar Irashaka Gushora Imari Mu Mukino W’Amagare Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?