Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Tchad Zari Zihinduye Imirishyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Tchad Zari Zihinduye Imirishyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2021 7:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu.

Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021.

Abafashwe barimo Bwana Dinamou Daram uyobora Ishyaka ritavuga rumwe na Leta, iri rikaba ari ni ishyaka ryatanze Bwana Yaya Dillo usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Tchad.

Itangazo ry’iriya Minisiteri rivuga ko abafunzwe  bari bafite umugambi wo kuzatera Ibiro bikuru bya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora: CENI n’ahandi hari kuzabera ariya matora.

Rivuga kandi ko abafashwe bari bafite umugambi wo kuzagaba ibitero bigamije kwica bamwe mu bategetsi bakomeye muri Guverinoma ya Perezida Idriss DEBY Itno.

Abo ku ruhande rutavuga rumwe na Leta ariko bavuga ko ibyaraye bikozwe bigamije guca intege abatavuga rumwe na Leta, kandi ngo ibisobanuro Leta yatanze ni urwitwazo.

Muri iki gihe abapolisi bagose Ibiro bikuru by’ishyaka Succès  Masra ririmo bariya bantu batavuga rumwe na Leta baraye bafunzwe.

Bwana Itno ari mu baziyamamariza kuyobora Tchad kandi niwe uhabwa amahirwe yo kongera kuyatsinda akayobora iki gihugu kuri Manda ya Gatandatu.

Deby arashaka Manda ya Gatandatu

TAGGED:AmatorafeaturedIgihuguIshyakaLetaPerezidaTchad
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amasezerano Ya Gisirikare Hagati Ya Uganda Na Misiri Ahishe Iki?
Next Article Prof. Gambari Uheruka Gushimwa Na Perezida Kagame Ni Muntu Ki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Barashukwa Bakaza Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?