Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Tchad Zari Zihinduye Imirishyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Tchad Zari Zihinduye Imirishyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2021 7:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu.

Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021.

Abafashwe barimo Bwana Dinamou Daram uyobora Ishyaka ritavuga rumwe na Leta, iri rikaba ari ni ishyaka ryatanze Bwana Yaya Dillo usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Tchad.

Itangazo ry’iriya Minisiteri rivuga ko abafunzwe  bari bafite umugambi wo kuzatera Ibiro bikuru bya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora: CENI n’ahandi hari kuzabera ariya matora.

Rivuga kandi ko abafashwe bari bafite umugambi wo kuzagaba ibitero bigamije kwica bamwe mu bategetsi bakomeye muri Guverinoma ya Perezida Idriss DEBY Itno.

Abo ku ruhande rutavuga rumwe na Leta ariko bavuga ko ibyaraye bikozwe bigamije guca intege abatavuga rumwe na Leta, kandi ngo ibisobanuro Leta yatanze ni urwitwazo.

Muri iki gihe abapolisi bagose Ibiro bikuru by’ishyaka Succès  Masra ririmo bariya bantu batavuga rumwe na Leta baraye bafunzwe.

Bwana Itno ari mu baziyamamariza kuyobora Tchad kandi niwe uhabwa amahirwe yo kongera kuyatsinda akayobora iki gihugu kuri Manda ya Gatandatu.

Deby arashaka Manda ya Gatandatu

TAGGED:AmatorafeaturedIgihuguIshyakaLetaPerezidaTchad
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amasezerano Ya Gisirikare Hagati Ya Uganda Na Misiri Ahishe Iki?
Next Article Prof. Gambari Uheruka Gushimwa Na Perezida Kagame Ni Muntu Ki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu mahanga

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?