Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Tchad Zari Zihinduye Imirishyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Tchad Zari Zihinduye Imirishyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2021 7:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu.

Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021.

Abafashwe barimo Bwana Dinamou Daram uyobora Ishyaka ritavuga rumwe na Leta, iri rikaba ari ni ishyaka ryatanze Bwana Yaya Dillo usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Tchad.

Itangazo ry’iriya Minisiteri rivuga ko abafunzwe  bari bafite umugambi wo kuzatera Ibiro bikuru bya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora: CENI n’ahandi hari kuzabera ariya matora.

Rivuga kandi ko abafashwe bari bafite umugambi wo kuzagaba ibitero bigamije kwica bamwe mu bategetsi bakomeye muri Guverinoma ya Perezida Idriss DEBY Itno.

Abo ku ruhande rutavuga rumwe na Leta ariko bavuga ko ibyaraye bikozwe bigamije guca intege abatavuga rumwe na Leta, kandi ngo ibisobanuro Leta yatanze ni urwitwazo.

Muri iki gihe abapolisi bagose Ibiro bikuru by’ishyaka Succès  Masra ririmo bariya bantu batavuga rumwe na Leta baraye bafunzwe.

Bwana Itno ari mu baziyamamariza kuyobora Tchad kandi niwe uhabwa amahirwe yo kongera kuyatsinda akayobora iki gihugu kuri Manda ya Gatandatu.

Deby arashaka Manda ya Gatandatu

TAGGED:AmatorafeaturedIgihuguIshyakaLetaPerezidaTchad
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amasezerano Ya Gisirikare Hagati Ya Uganda Na Misiri Ahishe Iki?
Next Article Prof. Gambari Uheruka Gushimwa Na Perezida Kagame Ni Muntu Ki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?