Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yizeye Ko Makolo Na Nyombayire Bazakora Neza Akazi Bahawe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mushikiwabo Yizeye Ko Makolo Na Nyombayire Bazakora Neza Akazi Bahawe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2021 9:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Louise Mushikiwabo yanditse kuri Twitter ko yizeye neza ko Madamu Yolande Makolo na Stephanie Nyombayire bazakora neza akazi baraye bahawe na Perezida Kagame.

Yolande Makolo yaraye agizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda n’aho Stephanie Nyombayire aba Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.

Ishyirwaho ryabo ryaraye ritangajwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rikaba ryaremejwe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye kuwa Gatanu.

Mushikiwabo yavuze ko yizeye neza ko bariya bagore bazakora neza akazi kabo kuko ngo ‘abazi neza’ kuko bakoranye akiri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabifurije akazi keza.

Mushikiwabo yabifurije akazi keza

Yaba Makolo yaba na Nyombayire bose bashimye Perezida Kagame wabahaye izindi nshingano, bamwizeza kuzazuzuza neza.

TAGGED:featuredKagameMakoloMushikiwaboNyombayire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mozambique Izagaragaza Igihugu Cy’Afurika Gishakira Ikindi Amahoro Koko
Next Article Imidali Irimo Guhatanirwa Mu Mikino Olempiki Ifite Agaciro Kangana Iki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?