Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musk Yatangaje Ko Agiye Kuva Ku Buyobozi Bwa Twitter
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Musk Yatangaje Ko Agiye Kuva Ku Buyobozi Bwa Twitter

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Akoresheje uru rubuga asanzwe abereye boss, Elon Musk yatangaje ko bidatinze hari umugore ugiye kuzamusimbura ku buyobozi bwa Twitter.

Iyi mvugo ye yatumwe abashoramari bari bamaze iminsi barahagaze gushora muri Tesla bongera kugira ubushake bituma n’agaciro k’imigabani iki kigo gisanzwe gifite mu isoko ry’imigabane kongera kuzamuka.

Yanditse ati: “ Nishimiye gutangaza ko mu gihe kiri imbere hari undi muyobozi wa Twitter uzatangira akazi kandi azaba yagatangiye mu byumweru bitandatu biri imbere”.

Elin Musk avuga ko azasigara ari umuyobozi w’icyubahiro urebera ibintu ku ruhande.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Inkuru y’uko Musk avuye ku buyobozi bwa Twitter yatumwe umugabane umwe wa Tesla uhita ujya ku $172.08 kandi agaciro kayo kari gukomeza kuzamuka.

Ibyo yakoze bisa n’ibyagaruye agatege mu bashoramari bashyize amafaranga muri Tesla.

Mu minsi yakurikiye igihe Elon Musk yabereye umuyobozi wa Twitter, abashoramari batangiye gucika intege babona ko ikigo cyabo kigiye kuhomba.

TAGGED:AbashoramariIkoranabuhangaMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba u Rwanda Rwareka Gukoresha Amadolari Si Ibya Vuba- Solaya Hakuziyaremye
Next Article Perezida Kagame Arasura Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Impunzi Zo Muri Sudani Y’Epfo Zirahungira Muri DRC Ku Bwinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?