Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musk Yatangaje Ko Agiye Kuva Ku Buyobozi Bwa Twitter
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Musk Yatangaje Ko Agiye Kuva Ku Buyobozi Bwa Twitter

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Akoresheje uru rubuga asanzwe abereye boss, Elon Musk yatangaje ko bidatinze hari umugore ugiye kuzamusimbura ku buyobozi bwa Twitter.

Iyi mvugo ye yatumwe abashoramari bari bamaze iminsi barahagaze gushora muri Tesla bongera kugira ubushake bituma n’agaciro k’imigabani iki kigo gisanzwe gifite mu isoko ry’imigabane kongera kuzamuka.

Yanditse ati: “ Nishimiye gutangaza ko mu gihe kiri imbere hari undi muyobozi wa Twitter uzatangira akazi kandi azaba yagatangiye mu byumweru bitandatu biri imbere”.

Elin Musk avuga ko azasigara ari umuyobozi w’icyubahiro urebera ibintu ku ruhande.

Inkuru y’uko Musk avuye ku buyobozi bwa Twitter yatumwe umugabane umwe wa Tesla uhita ujya ku $172.08 kandi agaciro kayo kari gukomeza kuzamuka.

Ibyo yakoze bisa n’ibyagaruye agatege mu bashoramari bashyize amafaranga muri Tesla.

Mu minsi yakurikiye igihe Elon Musk yabereye umuyobozi wa Twitter, abashoramari batangiye gucika intege babona ko ikigo cyabo kigiye kuhomba.

TAGGED:AbashoramariIkoranabuhangaMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba u Rwanda Rwareka Gukoresha Amadolari Si Ibya Vuba- Solaya Hakuziyaremye
Next Article Perezida Kagame Arasura Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

Rwanda: Mu Minsi Mikuru Abantu 92 Bafunzwe Bazira Gutwara Banyoye Inzoga

Amashereka: Ikinyobwa Cyaremwe Mu Rukundo

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Trump Ntarashirwa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Mu mahanga

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Z’Abaturage Ba DRC Zimuriwe Mu Nkambi Ruhigi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?