Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nep Queenz Band: Itsinda ry’abakobwa ba muzika 100% rirabasusurutsa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Nep Queenz Band: Itsinda ry’abakobwa ba muzika 100% rirabasusurutsa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2020 8:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Niryo tsinda ry’abakobwa bakora umuziki mu buryo bw’imbonankubone kandi bose ni abakobwa mu buryo bwuzuye. Mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda, aba bakobwa bari bamaze kumenyerwa muri za Hoteli bacurangira abakiliya.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 04, Ukuboza, 2020 bari bwongere biyereke abakunze ibihangano byabo mu gitaramo bari bukorere muri Raddisson Blue Hotel guhera saa kumi n’imwe n’igice(5h30pm) kugeza saa mbiri na mirongo ine n’itanu z’ijoro(8h45pm).

Igitaramo kirarangira kuri iriya saha kugira ngo abakitabiriye bagere mu rugo amahoro kandi ku isaha yagenwe ya saa yine(10h00pm).

Niba wumva ari igihe kiza kuri wowe ngo uruhuke mu mutwe nyuma y’Icyumweru cy’akazi, unyarukireyo wowe n’umuryango wawe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nep Queenz kandi ivuga ko uwo ariwe wese washaka kuyitumira ngo isusurutse ibirori by’ubukwe bwe cyangwa ubw’inshuti, ahawe karibu.

Nubahamagara kuri +250 782018788 ntibazatinda kukwitaba.

Abamikazi ba muzika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dukeneye gukomeza kwagura inzego z’ubukerarugendo – Belize Kariza
Next Article Gasabo: Kangondo bavuga ko kujya i Busanza ku bashakanye ari ingorabahizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Izamamaza

Canal + Rwanda Yatangaje Ku Mugaragaro Imikorere Ya Zacu TV Iherutse Kugura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Izamamaza

CANAL+ Yongereye Iminsi Ya Poromosiyo Ku Mikino Ya UEFA Champions League

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Izamamaza

CANAL+ Yorohereje Abanyarwanda Gutunga Dekoderi Ngo Barebe Imikino Y’i Burayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Izamamaza

Ku Frw 5,000 Ubu Wagira Amahirwe Yo Kureba Imipira Ikomeye Kuri CANAL+

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?