Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Asanga Imibereho Y’Abatuye EAC Ikwiye Kurushaho Gutezwa Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ngirente Asanga Imibereho Y’Abatuye EAC Ikwiye Kurushaho Gutezwa Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 November 2023 6:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo imibereho y’abagatuye irusheho kuba myiza.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yari ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gutangiza iyi nteko.

Avuga ko abatuye uyu muryango bategereje byinshi ku bawuyobora kugira ngo kuba ibihugu byarawihurijemo bibagirire akamaro, bitume imibereho yabo irushaho kuba myiza.

Yasabye abari bamuteze amatwi gukoresha neza umutungo w’uyu muryango, byose bigakorwa mu nyungu z’abatuye EAC.

Umuyobozi wa Guverinoma y’u Rwanda yashimye ko mu myaka 18 ishize hatangijwe za gasutamo zihuriweho n’ibihugu bigize uyu muryango hari umusaruro wabonetse.

Avuga ko ibi byatumye ubucuruzi mu bihugu biwugize buzamuka buva kuri miliyari $5.8 mu mwaka wa 2013 bugera kuri miliyari $10.9 mu mwaka wa 2022.

Abagize EALA bari mu Rwanda kuva taliki 23, Ugushyingo kuzageza taliki 07, Ukuboza, 2023.

Abagize EALA
TAGGED:AbaturageEALAfeaturedIntekoIterambereNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisanté Yahagaritse Ibarura Ryakorwaga N’Ihuriro Ry’Abavuzi Gakondo
Next Article Gen Kayonga Yagizwe Ambasaderi Muri Turikiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?