Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Asanga Imibereho Y’Abatuye EAC Ikwiye Kurushaho Gutezwa Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ngirente Asanga Imibereho Y’Abatuye EAC Ikwiye Kurushaho Gutezwa Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 November 2023 6:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo imibereho y’abagatuye irusheho kuba myiza.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yari ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gutangiza iyi nteko.

Avuga ko abatuye uyu muryango bategereje byinshi ku bawuyobora kugira ngo kuba ibihugu byarawihurijemo bibagirire akamaro, bitume imibereho yabo irushaho kuba myiza.

Yasabye abari bamuteze amatwi gukoresha neza umutungo w’uyu muryango, byose bigakorwa mu nyungu z’abatuye EAC.

Umuyobozi wa Guverinoma y’u Rwanda yashimye ko mu myaka 18 ishize hatangijwe za gasutamo zihuriweho n’ibihugu bigize uyu muryango hari umusaruro wabonetse.

Avuga ko ibi byatumye ubucuruzi mu bihugu biwugize buzamuka buva kuri miliyari $5.8 mu mwaka wa 2013 bugera kuri miliyari $10.9 mu mwaka wa 2022.

Abagize EALA bari mu Rwanda kuva taliki 23, Ugushyingo kuzageza taliki 07, Ukuboza, 2023.

Abagize EALA
TAGGED:AbaturageEALAfeaturedIntekoIterambereNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisanté Yahagaritse Ibarura Ryakorwaga N’Ihuriro Ry’Abavuzi Gakondo
Next Article Gen Kayonga Yagizwe Ambasaderi Muri Turikiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?