Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yahagarariye Perezida Kagame Mu Irahira Rya Perezida Wa Mozambique 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ngirente Yahagarariye Perezida Kagame Mu Irahira Rya Perezida Wa Mozambique 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2025 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique riba kuri uyu wa gatatu.

Mu Gushyingo 2024 nibwo Daniel Chapo w’imyaka 48 wo mu ishyaka FRELIMO riri ku butegetsi yatsindiye kuyobora Mozambique ku majwi 65% ataravuzweho rumwe.

Umukandida watsinzwe aya matora Venâncio Mondlane aherutse kugaruka mu gihugu avuye mu buhungiro muri Africa y’Epfo, aho yemeza ko yarokotse umugambi wo kumuhitana.

Yavugaga ko bashakaga kumuhitana kuko ari we wayatsinze.

U Rwanda na Mozambique bifitanye umubano ukomeye mu ngeri zirimo ubucuruzi, ubutabera n’umutekano.

Muri Nyakanga, 2021, inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique mu bikorwa byo gutsimbura ibyihebe byari byarayogoje Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru y’iki gihugu.

Kuva u Rwanda rwakohereza ingabo n’abapolisi muri Mozambique kugira ngo barwanye ibyihebe byo mu mutwe wa Al Sunnah wa Jama’ah, abari abayobozi babyo benshi barishwe.

Uwavuga ko muri rusange igihugu gitekanye ntiyaba abeshye.

TAGGED:AmatorafeaturedIntebeMinisitiriMozambiqueNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyizere Cyo Kugarura Amahoro Muri Gaza Ni Cyose
Next Article Ibikubiye Mu Masezerano Y’Amahoro Ya Israel Na Hamas
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?