Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yavuze Impamvu Kaminuza Zikomeye Zashoye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ngirente Yavuze Impamvu Kaminuza Zikomeye Zashoye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2023 3:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti cyabo yatumye mu Rwanda hakorera Kaminuza mpuzamahanga.

Urugero ni Carnegie Melon Univeristy, Univeristy of Global Health Equity n’izindi

Ku byerekeye uburezi n’ubushakashatsi, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko u Rwanda ruteza imbere uru rwego kubera ko rurangamiye ubukungu bushingiye ku bumenyi.

Yabwiye abitabiriye iyi nama mpuzamahanga ibera i Brussels ko u Rwanda rwashyizeho uburyo bwo guhanga udushya tw’ikoranabuhanga kandi mu mwaka wa 2018 rushyiraho ikigega gitera inkunga ubushakashatsi no guhanga udushya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni cyo  gicishwamo inkunga igenewe ibikorwa by’ubushakashatsi no guhanga udushya.

Minisitiri w’Intebe avuga ko kugira ngo bigerweho byasabye ko hatezwa imbere ubufatanye bw’abikorera ku giti cyabo na Leta hagamijwe gufasha ba rwiyemezamirimo cyane cyane urubyiruko kubona igishoro n’ubundi bufasha mu gushora muri urwo rwego.

Umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko muri ubwo ubwo budatanye ari naho Leta yahereye yemerera Kaminuza mpuzamahanga kuza gukorera mu Rwanda.

Mu ijambo rye, Dr Edouard Ngirente yashimye uko ibihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi bitera inkunga u Rwanda, kandi ashima ko barutumiye muri ibi biganiro.

Abagize ririya huriro bihaye intego y’uko hazakorwa  ishoramari rya Miliyari € 300 rizakoreshwa hagati y’umwaka wa 2021 n’umwaka wa 2027, rikazatuma ibihugu bigirana imikoranire mu by’uburezi aho kugira ngo bikore nka nyamwigendaho.

- Advertisement -
TAGGED:BubiligifeaturedIhuriroIntebeMinisitiriNgirenteUburezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CG Gasana Yafunzwe
Next Article RIB Yabwiye Abayobozi Ibyaha Abashakanye Bababarirana Imbere Y’Amategeko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?