Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yitabiriye Umuhango Wo Gusezera Kuri Magufuli
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ngirente Yitabiriye Umuhango Wo Gusezera Kuri Magufuli

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2021 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente niwe uzahagararira Perezida wa RepubulikaPaul Kagame mu muhango wo gusezera nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli.

Uyu muyobozi wa Tanzania aherutse kwitaba Imana mu minsi ishize azize icyo Guverinoma ya Tanzania yise ‘indwara y’umutima.’

Umuhango wo gushyingura Perezida Magufuli uzabera mu Murwa mukuru Dodoma mu minsi mike iri imbere.

Mu ijambo Perezida Kagame aherutse kugeza ku bari bitabiriye umuhango wo kurahiza abayobozi bashya baherutse gushyirwa muri Guverinoma, yavuze ko u Rwanda rwifatanyije na Tanzania muri ibi bihe bikomeye, nyuma y’urupfu rwa Perezida John Magufuli witabye Imana ku wa 17 Werurwe 2020.

Ati “Ntabwo nasoza ijambo ryanjye ntihanganishije mu izina ryanjye bwite no mu rya guverinoma n’abaturage b’u Rwanda, umuryango wa nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli ndetse n’abaturage ba Tanzania muri rusange.”

Perezida Kagame yavuze ko Perezida Magufuli yari umuntu ushyira Afurika imbere akaba n’inshuti y’u Rwanda.

Nyuma y’urupfu rwa Magufuli, ubu Tanzania iyoborwa na Madamu Samia Suluhu Hassan wari usanzwe ari visi perezida.

Ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize nibwo yarahiriye kuyobora kiriya gihugu muri manda izasozwa mu 2025.

Perezida Suluhu yatangaje ko Magufuli azashyingurwa iwabo ku ivuko ahitwa Chato mu gace ka Geita, ku wa Kane tariki 25 Werurwe 2020.

Geita, ku wa Kane tariki 25 Werurwe 2020.

Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Mbere muri Jamhuri Stadium mu murwa mukuru Dodoma.

Mu bayobozi batangajwe ko bitabira umuhango wo gusezera kuri Magufuli harimo bakuru b’ibihugu 11 muri Afurika.

Barimo Uhuru Kenyatta (Kenya), Filipe Nyusi (Mozambique) Lazarus Chakwera (Malawi), Azali Assoumani (Comoros), Emmerson Mnangagwa(Zimbabwe), Edgar Lungu (Zambia), Mokwaeetsi Masisi (Botswana), Hage Geingob(Namibia) Cyril Ramaphosa (Afurika y’Epfo) na Felix Tshisekedi (DRC).

TAGGED:featuredKagameMagufuliNgirentePombeTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Donald Trump Agiye Gutangiza Urubuga Nkoranyambaga Rwe
Next Article Abakina Umukino W’Igare Bahawe Ikoranabuhanga Ryo Kwitorezaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

DRC Na Uganda Biyemeje Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?