Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngoma: Umukecuru Warokotse Jenoside Yishwe Nabi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Ngoma: Umukecuru Warokotse Jenoside Yishwe Nabi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2024 3:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ubwo bugizi bwa nabi bwabereye muri Rubago mu Murenge wa Rukumberi muri Ngoma
SHARE

Umuyobozi wa IBUKA mu Karere ka Ngoma, Biseruka Omar yabwiye itangazamakuru ko umukecuru w’imyaka 66 witwaga Pauline Nduwamungu wari wararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’abantu batahise bamenyekana.

Yari atuye mu Mudugudu wa Akabungo, Akagari ka Rubago, Umurenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma.

Uyu mubyeyi  yari asanzwe abana n’umwana muto wigaga.

Yishwe n’abantu batahise bamenyekana ku wa Kane tariki ya 14, Ugushyingo 2024, bimenyekana kuri uyu wa Gatanu,nyuma y’uko bamwe mu baturanyi bamushakishije bakamubura.

Amakuru avuga ko yishwe ku manywa ababikoze bamuca umutwe igihimba bagita mu kimpoteri.

Kugeza kuri uyu wa Gatandatu umutwe we wari utaraboneka.

Kigali Today yanditse ko nyuma yo kumubura, abaturanyi bakomeje kumushakisha, baza kubona ikimoteri gisibye, baba ari ho bamushakira, basangamo umubiri we.

Perezida wa IBUKA ati “Abamwishe babikoze hagati ya saa saba na saa munani z’amanywa bamujugunya mu kimpoteri mu rugo rwe bamukuraho umutwe. Aho bukereye abantu batangiye gushakisha aho yaba ari kuko bari baraye batamubonye niko kumubona bamusanga mu kimoteri yakuweho umutwe.”

Avuga ko abamwishe bari babigambiriye kuko yari atuye ahantu ku muhanda wa kaburimbo hagati y’abandi bantu ibipangu bihana imbibi.

Ikindi ni uko nta muntu uzwi bari bafitanye amakimbirane, bikaba bikekwa ko ababikoze babitewe no kwigiramo ingengabitekerezo yo kugirira nabi uwarokotse Jenoside.

Hagati aho hari abantu babiri batawe muri yombi ngo babazwe nib anta ruhare babigizemo.

TAGGED:featuredJenosideNgomaRukumberiUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Trump Ashaka Ko Ibinyamakuru Bimwishyura Miliyari $10 Kuko Byamusebeje
Next Article Kagame Yakebuye Abastar Bica Ikinyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?