Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Perezida Uherutse Gutorwa Yagiye Kwa Muganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Perezida Uherutse Gutorwa Yagiye Kwa Muganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 March 2023 5:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bola Tinubu, former Lagos state governor and All Progressives Congress (APC) leader, is pictured at a party meeting in Abuja Febuary 17, 2015. REUTERS/Afolabi Sotunde/File Photo
SHARE

Itangazamakuru ryo muri Nigeria no hanze yayo rivuga ko Bola Tinubu uherutse gutorerwa kuba Perezida wa Nigeria yagiye mu Bufaransa mu bitaro biri ahitwa Neuilly-sur-Seine ngo basuzume uko ubuzima bwe bwifashe.

Tinubu afite imyaka 78 y’amavuko.

Abakurikirana uko abanyapolitiki ba Nigeria basimburana ku butegetsi bavuga ko ikibazo ari uko benshi baba bakuze.

Kuba Tinubu atangiye ajya kwisuzumisha, hari bamwe byateye impungenge bavuga ko nabyo bishobora kuba ari ikibazo cy’ubuzima bwe gitangiye kugaragara.

Atangiye gusuzumisha ubuzima bwe, amaze ukwezi kumwe atorewe kuyobora Nigeria, igihugu cya mbere ku isi gituwe n’abantu benshi muri Afurika kuko ituwe na 223,804,632.

Bola Ahmed Tinubu asanzwe aba mu ishyaka riri ku butegetsi akaba n’umwe mu bakire b’abanya Politiki bakomeye muri Nigeria.

TAGGED:featuredNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imikino Yongereye Ubufatanye Bwa Polisi Zo Mu Karere Kacu- IGP Namuhoranye
Next Article Yishe Abana Biga Aho Yize
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?