Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Niyo Bosco Yiyeguriye Kuririmbira Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Niyo Bosco Yiyeguriye Kuririmbira Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2024 3:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda Niyo Bosco yatangaje ko yiyeguriye kuririmba indirimbo zihimbaza Imana.

Aherutse kubwira itangazamakuru ko imibereho ye muri iki gihe ikubiyemo kwiyegurira Imana no kuyiririmbira.

Niyo Bosco avuga ko mu minsi yashize yahuye n’ikibazo cyo kurwara ariko agashima Imana ko ubu yakize.

Avuga ko mu minsi yashize hari bamwe mu bakora umuziki buririye ku mpano ye bamutwara bimwe mu bihangano bye ndetse bamutwara n’amafaranga yangukiraga ku mbuga yacururizagaho ibihangano bye.

Muri iki gihe akorana n’Ikigo gitunganya umuziki cya KIKAC.

Bosco avuga ko umuhanzi wese afite uburenganzira bwo guhanga mu njyana ashaka kandi ko kuva mu njyana runaka ukajya mu yindi bitavuze gusubira inyuma ahubwo ari ukujya mbere.

Anavuga ko Imana yamukoreye ibyiza byinshi ku buryo kuyiririmbira ari kimwe mu byo yakora kugira ngo ayishimire ibyo yamugejejeho.

Mu mwaka wa 2023 nibwo Niyo Bosco yatangiye gukorana n’ikigo KIKAC gisanzwe gikorana n’umuhanzi Bwiza.

TAGGED:BoscoIndirimboNiyoUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Uko Ukwezi K’Umugore Mu Banyarwandakazi Bo Muri Utah Kwizihijwe
Next Article Abahinzi Bo Muri Afurika Bari Kwiga Uko Ubuhinzi Bwarushaho Kubyazwa Amafaranga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?