Nyagatare: Inkuba Yishe Inka Enye

Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu mu Mudugudu wa Nshuti, Akagari ka Rutare mu Murenge wa Rwempasha mu Karere ka Nyagatare, inkuba yakubise inka enye za Frank Mugambage zari ziri kumwe n’iza Kwizera zihita zipfa.

Uyu muturage atuye muri Rwempasha mu Karere ka Nyagatare

Zari inka z’amajigija zikaba zakubiswe n’inkuba saa kumi n’imwe n’igice za mu gitondo kuri  uyu wa Gatatu.

Turacyagerageza kuvugana n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Rwempasha ngo butubwire byinshi kuri iyi nkuru mbi.

Ba nyiri inka bo bahungabanye kubera kubura inka zingana gutya by’amanzaganya.

- Advertisement -
Izi nka zari amajigija
Ni ibyago byagwiririye abari boroye izi nka

Turacyakurikirana iyi nkuru…

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version