Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyagatare Ni Iya Nyuma Mu Kwishyura Mutuelle, Kicukiro Yarikosoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyagatare Ni Iya Nyuma Mu Kwishyura Mutuelle, Kicukiro Yarikosoye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 February 2023 3:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje uko uturere tw’u Rwanda twatabiriye gutanga ubwisungane mu buzima, Mutuelle de Santé.

Nyagatare niyo ya nyuma mu kubutanga(81.4%), ikaba yarasimbuye Kicukiro, ubu iri ku mwanya wa kane.

Mutuelle de Sante ni ingirakamaro mu mibereho y’Abanyarwanda

Akarere ka mbere gafite abaturage bisungana mu by’ubuzima ni Gisagara(98.0%), igakurikirwa na Nyaruguru(95.4%) hagakurikiraho Gakenke(95.0%) nyuma hakaza Kicukiro(94.3%), nayo igakurikirwa na Nyamasheke(93.8%).

Imibare ya RSSB yerekana ko impuzandengo y’abaturage bose bishyuye mutuelle ingana na 89.2%.

Abenshi muri bo ni abo mu Ntara y’Amajyepfo kuko bangana na 90.22%, hagakurikiraho Umujyi wa Kigali ufite abaturage bangana na 90.13%, nyuma hakurikiraho Intara y’Amajyaruguru ifite abaturage batanze mutuelle bangana 89.55%, Intara y’Uburengerazuba ifite 89.54%, hagaheruka u Burasirazuba ( ari n’aho Nyagatare iherereye) ifite abangana na 84.75%.

Ubwisungane mu kwivuza ni ingenzi mu gufasha abaturage kugera kuri serivisi z’ubuzima batasabye ikugufi gihanitse.

#RwoT
📢22.02.2023: Ubwitabire mu kwishyura #Mituweli2022_2023 ku rwego rw’Igihugu bugeze kuri 89,2%. pic.twitter.com/viOAmLLyZK

— Rwanda Social Security Board (@RSSB_Rwanda) February 26, 2023

TAGGED:AbanyarwandafeaturedGisagaraKicukiroMutuelleNyagatareUbwisungane
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tour Du Rwanda 2023 Itwawe N’Umunya Eritrea
Next Article Yatorotse Gereza Akoresheje Amashuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?