Nyamagabe: Baturutse Hanze Y’u Rwanda Bica Abaturage Babiri

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu Taliki 18, Kamena, 2022 hari abantu binjiye mu Rwanda mu Karere ka Nyamagabe ahitwa Kitabi barasa imodoka yari irimo abantu benshi hapfa umushoferi n’undi muntu umwe.

Hari abandi bantu batandatu bakomeretse bajyanywe ku bitaro bya Kaminuza bya Butare ngo bavurwe.

Polisi ivuga ko iri gushakisha abakoze buriya bwicanyi.

Polisi ivuga ko abakoze buriya bwicanyi bagishakishwa.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version