Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Umusaza Akurikiranyweho Gusambanya Umwana W’Umuhungu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Umusaza Akurikiranyweho Gusambanya Umwana W’Umuhungu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2024 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza haravugwa umusaza w’imyaka 60 ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka itanu.

Uwo musaza asanzwe atuye mu Mudugudu wa Cyegera, bikaba bikekwa ko yasambanyije uyu mwana mu ijoro ryo kuri uyu wa 01, Kamena, 2024 ubwo uyu musaza yajyaga mu kagari ka Migina mu Murenge wa Muyira gutora Nyina w’uriya mwana ngo ajye kumuraza.

UMUSEKE uvuga ko bageze mu nzira aho umugore yari ari kumwe n’umwana we, umugore anyura mu kabari n’aho uwo musaza akomezanya n’umwana.

Mu gukomeza urugendo, bageze mu rugo (rw’umugabo) uwo musaza aryamana n’umwana, bukeye umwana abwira Nyina wari waraye mu kabari ko uwo musaza yamusambanyije mu kibuno.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwana akimubwira ibyabaye, undi yahise ajya kwa muganga kuko yari anabonye ibimenyetso ko umwana we ashobora kuba yasambanyijwe.

Uwo mwana yajyanywe mu bitaro bya Nyanza, naho ukekwaho icyo cyaha, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB ruramufata.

Hari andi akuru avuga ko uwo musaza nta mugore yabanaga nawe, umwana si uwe na Nyina ntiyari umugore we mu buryo ‘bwemewe n’amategeko’.

TAGGED:GusambanyaNyanzaUmusazaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ububi Bw’Itabi Bugera No Mu Kwangiza Uruhu Rukagira Amabara Asa N’Amagaramba
Next Article Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?