Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Mbere Yo Kwiyahura Yanditse Ko Ubuzima Bumunaniye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyarugenge: Mbere Yo Kwiyahura Yanditse Ko Ubuzima Bumunaniye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo bubonaga umusore wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge yimanitse, barebwe muri telefoni ye basangamo ubutumwa yari yandikiye umuntu amubwira agahinda afite, ko ubuzima bumunaniye arambiwe kuba mu isi y’ibibazo.

Yari yanditse kandi ko asize yishyuye Frw 7,000 mu kabari yari yabanje kujya gufatiramo agacupa, bigakekwa ko yiyahuye avuye kugasoma.

Umurambo wa nyakwigendera wabonetse kuri wa Mbere tariki 25 Ukuboza 2023 nyuma yo kumusanga  yimanitse mu giti mu Mudugudu w’Umucyo mu Kagari ka Rwezamenyo II mu Murenge wa Rwezamenyo.

Radiotv10 yanditse ko abageze kuri uyu murambo bwa mbere,  basanze umanitse mu mishumi y’inkweto z’uyu musore zari ziri iruhande rwe.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwezamenyo Marie Rose Nirere nawe yameza iby’uko kwiyahura ariko akavuga ko hari iperereza ryatangiye kubikorwaho.

Andi makuru avuga ko uriya musore yahoze ari umukozi wo mu rugo hafi aho, ariko ngo akaba yari amaze iminsi mike ahavuye kandi abibye Frw 40,000.

TAGGED:AbaturageImpamvuKwiyahuraNyarugenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Hari Ahantu 500 Ndangamurage Habaruwe
Next Article Cardinal Kambanda Yahaye Umugisha Abana Bagiye Kuririmbira I Roma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?