Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yavuye Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Francis Yavuye Mu Bitaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo.

Mbere y’uko asezererwa mu bitaro, Papa Francis yahumurije abayoboke ba Kiliziya Gatulika ababwira ko ‘akiriho’.

Mu magambo macye yanditse ati: “ Ndacyariho”.

Hari mu kiganiro gito yahaye n’abanyamakuru.

Papa Francis w’imyaka 86 y’amavuko amaze igihe ubuzima butamumereye neza.

Yari arwariye mu bitaro byitwa Gemelli Polyclinic, akaba yatashye ari mu modoka ya Fiat 500.

Biteganyijwe ko Papa Francis azasoma Misa ya Pasika izaba taliki 09, Mata, 2013.

Hashize iminsi ibiri Ibiro bya Papa Francis bitangaje ko yajyanywe mu bitaro kubera kugira ikibazo mu myanya y’ubuhumekero.

Abaforomo bo mu bitaro Papa arwariyemo bari baravuze ko ashobora kuzaba yavuye mu bitaro bitarenze taliki 02, Mata, 2023.

Asanganywe ikibazo cy’igihaha kimwe kigeze kubagwa akiri muto afite hejuru gato  y’imyaka 20.

Kubera ko amaze gusaza, umubiri we ukunze guhura n’ibibazo bishingiye kukuba adafite ibihaha byombi kandi bikora neza.

Papa Francis kandi afite ikibazo cy’akaguru cyatumye muri  iki gihe asigaye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

TAGGED:FrancisMisiPapaPasikaUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Abagizi Ba Nabi Basize Umwarimu Ari Intere
Next Article Kirehe: Akurikiranyweho Kwica Umwana We Amuta Mu Musarane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?