Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yavuye Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Francis Yavuye Mu Bitaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo.

Mbere y’uko asezererwa mu bitaro, Papa Francis yahumurije abayoboke ba Kiliziya Gatulika ababwira ko ‘akiriho’.

Mu magambo macye yanditse ati: “ Ndacyariho”.

Hari mu kiganiro gito yahaye n’abanyamakuru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Papa Francis w’imyaka 86 y’amavuko amaze igihe ubuzima butamumereye neza.

Yari arwariye mu bitaro byitwa Gemelli Polyclinic, akaba yatashye ari mu modoka ya Fiat 500.

Biteganyijwe ko Papa Francis azasoma Misa ya Pasika izaba taliki 09, Mata, 2013.

Hashize iminsi ibiri Ibiro bya Papa Francis bitangaje ko yajyanywe mu bitaro kubera kugira ikibazo mu myanya y’ubuhumekero.

Abaforomo bo mu bitaro Papa arwariyemo bari baravuze ko ashobora kuzaba yavuye mu bitaro bitarenze taliki 02, Mata, 2023.

- Advertisement -

Asanganywe ikibazo cy’igihaha kimwe kigeze kubagwa akiri muto afite hejuru gato  y’imyaka 20.

Kubera ko amaze gusaza, umubiri we ukunze guhura n’ibibazo bishingiye kukuba adafite ibihaha byombi kandi bikora neza.

Papa Francis kandi afite ikibazo cy’akaguru cyatumye muri  iki gihe asigaye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

TAGGED:FrancisMisiPapaPasikaUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Abagizi Ba Nabi Basize Umwarimu Ari Intere
Next Article Kirehe: Akurikiranyweho Kwica Umwana We Amuta Mu Musarane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?