Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yavuye Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Francis Yavuye Mu Bitaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 June 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’iminsi icyenda(9)  ari mu bitaro kubera kubagwa, Papa Francis yasezerewe kubera ko ubuzima bwe ‘bumeze neza’.

Ubwo yasohokaga mu bitaro, yasuhuje abanyamakuru benshi bari baje kumwakira no kugira ngo bagire icyo bamubaza.

Si bo gusa bari bahari, ahubwo hari n’Abakirisitu Gatulika bari baje kumusuhuza no kumubwira ko bamusengeye kandi bakomeje kubikora.

Akigera hanze, abashinzwe umutekano we bahise bamushyira mu modoka imugenewe bamucyura iwe, mu gihugu ayobora.

Umuganga mukuru wamubaze witwa Dr Sergio Alfieri yabwiye itangazamakuru ko Papa Francis amerewe neza kurusha uko byari bimeze mu minsi myinshi ishize.

Dr Alfieri avuga kugeza ubu asanga ntacyabuza Papa Francis gusura amahanga.

Umushumba wa Kiliziya yari asanganywe gahunda yo kuzasura Portugal n’igihugu cya Mongolia, akazabikora mu mpera za Nyakanga, 2023.

N’ubwo ari uko abaganga babivuga, Papa Francis afite amagara atamumereye neza kubera ko akunze kurwara bya hato na hato.

Ikindi ni uko akuze kuko afite imyaka 86 y’amavuko, yiyongeraho uburwayi bwamutangiye akiri muto.

TAGGED:FrancisIbitaroPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayobozi Muri Afurika Barajya ‘Kuryoshyaroshya’ Putin Na Zelensky
Next Article Icyuho Mu Ikoranabuhanga Mu Bana Bo Muri Afurika Kigomba Gucika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?