Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2025 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Papa Leo XIV ku mva ya mugenzi y'uwo yasimbuye.
SHARE

Papa Leo XIV yasomye Misa ya mbere yabereye ahitwa Mary Salus Populi Romani aca no ku mva ya Papa Francis yasimbuye arahasengera.

Misa yayisomeye kuri Bazilika yiswe Sainte Marie Majeure.

Ubwo aheruka ku mva ya Papa Francis hari mu minsi mike yakurikiye urupfu rwe arahasengera ariko icyo gihe yari ataratorwa ngo amusimbure.

Yari ari kumwe na bagenzi be b’aba Cardinals bagize Inteko itora Papa.

Hagati aho biteganyijwe ko Misa yo gutura Imana Papa Leo XIV izaba tariki 18, Gicurasi, 2025, nyuma yayo akazaba ari bwo atangira imirimo ye nka Papa ku rwego rwa Kiliziya yose ku isi.

Iyi Misa izaba ari saa yine ku isaha y’i Roma ibere ku mbuga yatiriwe Mutagatifu Petero.

Biteganyijwe kandi ko tariki 12, Gicurasi ni ukuvuga kuri uyu wa Mbere Papa azagirana ikiganiro n’itangazamakuru mpuzamahanga, naho tariki 16, uku kwezi, azakira abahagarariye ibihugu byabo i Vatican.

Ubusanzwe Papa aba ari n’umuyobozi mukuru wa Leta ya Vatican, agakemura ibibazo bya Kiliziya ari nako agirana ibiganiro n’amahanga mu nyungu z’igihugu cye.

TAGGED:AbadipolomatefeaturedImvaKiliziyaMisaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima
Next Article Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?