Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2025 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Papa Leo XIV ku mva ya mugenzi y'uwo yasimbuye.
SHARE

Papa Leo XIV yasomye Misa ya mbere yabereye ahitwa Mary Salus Populi Romani aca no ku mva ya Papa Francis yasimbuye arahasengera.

Misa yayisomeye kuri Bazilika yiswe Sainte Marie Majeure.

Ubwo aheruka ku mva ya Papa Francis hari mu minsi mike yakurikiye urupfu rwe arahasengera ariko icyo gihe yari ataratorwa ngo amusimbure.

Yari ari kumwe na bagenzi be b’aba Cardinals bagize Inteko itora Papa.

Hagati aho biteganyijwe ko Misa yo gutura Imana Papa Leo XIV izaba tariki 18, Gicurasi, 2025, nyuma yayo akazaba ari bwo atangira imirimo ye nka Papa ku rwego rwa Kiliziya yose ku isi.

Iyi Misa izaba ari saa yine ku isaha y’i Roma ibere ku mbuga yatiriwe Mutagatifu Petero.

Biteganyijwe kandi ko tariki 12, Gicurasi ni ukuvuga kuri uyu wa Mbere Papa azagirana ikiganiro n’itangazamakuru mpuzamahanga, naho tariki 16, uku kwezi, azakira abahagarariye ibihugu byabo i Vatican.

Ubusanzwe Papa aba ari n’umuyobozi mukuru wa Leta ya Vatican, agakemura ibibazo bya Kiliziya ari nako agirana ibiganiro n’amahanga mu nyungu z’igihugu cye.

TAGGED:AbadipolomatefeaturedImvaKiliziyaMisaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima
Next Article Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?