Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Arageza Ijambo Ku Muryango W’Abibumbye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Arageza Ijambo Ku Muryango W’Abibumbye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2023 8:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku rutonde rw’uko Abakuru b’ibihugu bavuga ijambo babwira bagenzi babo bagize Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193, hariho  ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ku bandi ijambo kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Nzeri, 2023.

Uko bigaragara Umukuru w’u Rwanda araza kubwira abandi bayobozi ko u Rwanda rukomeje umurongo w’iterambere rwiyemeje n’ubwo ruhangana n’ibibazo bitandukanye birimo n’ibiterwa n’imihindagurikire y’ikirere ndetse n’ingaruka z’intambara ya Ukraine n’Uburusiya.

Ashobora no kuza kubabwira ko mu iterambere isi irimo, Afurika idakwiye kwibagirana kuko ari umugabane ufitiye akamaro isi muri rusange.

Birashoboka kandi ko yaza kugaruka ku mimirere y’uko u Rwanda rubanye n’amahanga yaba ibihugu birwegereye cyangwa ibirwitaruye.

Ubusanzwe Brazil nicyo gihugu gutangira kubwira abagize UN ibyo cyakoze.

Impamvu ni uko ari cyo cyatangiye kujya kibikora mbere y’ibindi kuko byo byabanzaga gusa n’ibitinda, biza kurangira Brazil ari yo ibyegukanye.

Leta zunze ubumwe z’Amerika nizo zihita zitambutsa imbwirwaruhame yazo kuko ari cyo gihugu cyakira iyo nama.

TAGGED:AbibumbyeAmerikafeaturedIntekoKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abiga Iby’Umutekano Muri Nigeria Baje Kwigira Kuri Polisi Y’u Rwanda
Next Article Intsinzi Ku Rwanda: Ishyamba Rya Nyungwe Ryagizwe Umurage W’Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?