Perezida Kagame Ari Guhura N’Urubyiruko Ruhagarariye Urundi Mu Rwanda

 Mu Intare Arena, Perezida Paul Kagame ari kuganira n’urubyiruko ruhagarariye urundi mu Rwanda hose.

Ni igikorwa cya YouthConnekt kiba mu gihe runaka, kigahuza urubyiruko n’Umukuru w’u Rwanda akumva ibibazo byabo, bigasubizwa cyangwa bigahabwa umurongo.

Muri iki kiganiro urubyiruko rubwira Umukuru w’u Rwanda ibyo rwumva yaruteramo inkunga kugira ngo rwiteze imbere kandi mu nyungu rusange.

Ni YouthConnekt ibaye ku nshuro ya 10.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version