Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yabwiye Isi Icyakorwa Ngo Ibidukikije Birengerwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yabwiye Isi Icyakorwa Ngo Ibidukikije Birengerwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2022 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama yiswe Terra Carta Action Forum yatangijwe n’Umwami w’u Bwongereza Charles III, Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo isi ishobore guhangana n’ibibazo ikirere cyayo gifite ndetse n’urusobe rw’ibinyabuzima muri rusange, bisaba imikoranire itaziguye hagati ya za Leta n’abikorera ku giti cyabo.

Yabwiye abari bamuteze amatwi ko Terra Carta ari icyemezo cyafatiwe mu Nama iherutse kubera mu Rwanda yahuje ibihugu bigize Commonwealth, iyo nama ikaba yitwa CHOGM.

Perezida Kagame yavuze ko muri iriya nama abayitabiriye basanze kugira ngo isi ishobore kubona ibyatuma idakomeza kwangirika bisaba ubufatanye hagati ya za Leta n’abikorera, byose bigakorwa hagamijwe ko ubu bufatanye buramba.

President Kagame addressed the Terra Carta Action Forum breakfast organized by @TheSMI and @commonwealthsec ahead of #COP27. Launched by King Charles III, Terra Carta sets practical action to help the private sector accelerate their progress towards a sustainable future. pic.twitter.com/81pNuXy8ek

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) November 7, 2022

Muri ubu bufatanye kandi Perezida Kagame avuga ko ari n’aho abahanga babonera uburyo bwo guteza imbere ubushakashatsi bugamije kubonera ibisubizo ibibazo bitera cyangwa bituruka k’ukwangirika kw’ibidukikije.

Umukuru w’u Rwanda yavuze ko kuba abahnaga n’abashoramari batandukanye bahura bakaganira uko ibitera ihungabana ry’ibidukikije ari ibyo gushimwa kandi ko yizeye ko ibyemeranywa muri iyi nama ya Terra Carta Action Forum bitazaba amasigarakicaro, ahubwo ko bizashyirwa mu bikorwa mu nyungu z’abatuye isi muri rusange.

Umwami Charles III niwe watangije Terra Carta mu mwaka wa 2021
TAGGED:BwongerezaIbidukikijeIsiKagameUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Y’Intambara Ya DRC Yavogereye Ikirere Cy’u Rwanda
Next Article Mu Mafoto: Abahinde Bo Mu Rwanda Batashye Ingoro Yabo Ya Mbere Yo Gusengeramo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?