Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yaganiriye Na Blinken Ku Mutekano Muke Uri Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yaganiriye Na Blinken Ku Mutekano Muke Uri Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2023 11:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri telefoni Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken ku kibazo cy’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umukuru w’u Rwanda yabwiye Blinken ko u Rwanda rushyigikiye ibiganiro byakozwe mu bihugu bigize Akarere k’ibiyaga bigari mu gushakira umuti ibibazo biri muri kiriya gihugu.

Kagame yabwiye uyu muyobozi mukuru muri Amerika ko ingingo u Rwanda ruhagazeho ari uko iki kibazo gikemurwa mu buryo bw’ibiganiro bya politiki no gukurikiza amasezerano yasinyweho n’abayobozi bo muri aka Karere.

Hagati aho kandi Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida w’Uburundi witwa  Gervais Abayeho wari umuzaniye ubutumwa bwa mugenzi we uyobora Uburundi Evariste Ndayishimiye.

Ntabwo ibikubiye muri buriya butumwa biramenyekana.

TAGGED:BlinkenDRCfeaturedIntambaraKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IMPURUZA: Nkongwa Idasanzwe Yagarutse Mu Rwanda
Next Article Nyamasheke: Bahengereye Nyina Asinziriye Bamunigisha Umugozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Na Hamas Ntibiri Buhagararirwe Mu Isinywa Rya Burundu Ry’Amahoro Ya Gaza

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?