Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Minisitiri W’Intebe Wa Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yakiriye Minisitiri W’Intebe Wa Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2025 6:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Minisitiri w’Intebe wa Niger witwa Ali Mahaman Lamine Zeine baganira uko Kigali na Niamey byakorana mu ngeri zitandukanye zireba abatuye ibihugu byombi .

Lamine Zeine ari mu Rwanda mu nama y’abahanga n’abayobozi bo muri Afurika n’ahandi ku isi bigaga uko ingufu nikileyeri zarushaho kubyazwa umusaruro yitwa Nuclear Energy Innovation Summit for Africa.

Perezida Kagame kandi mu gihe nk’icyo yakiriye Umuyobozi mukuru w’Ikigo mpuzamahanga kita ku ngufu za nikileyeri witwa Rafael Mariano Grossi nawe witabiriye uriya nama.

Abayobozi bombi baganiriye uko ingufu nikileyeri zafasha u Rwanda mu nzira yarwo y’iterambere rirambye, anarushimira aho rugeze rukoresha ibyuma bito bitunganya ziriya mbaraga bita Small Modular and Micro Reactors.

Umuyobozi mukuru w’Ikigo mpuzamahanga kita ku ngufu za nikileyeri ari kumwe na Perezida Kagame
TAGGED:AbaturageIngufuIntebeKagameMinisitiriNikileyeri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Miliyoni $100 Zigiye Gushorwa Mu Gutwara Abantu Mu Buryo Bwa Rusange Buvuguruye
Next Article Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Cyazamutse, Imisoro Mishya Yatangiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hatangijwe Ihuriro Ry’Abashoramari Bo Mu Bwongereza Bakorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Ivuga Ko Isiganwa Rya UCI Ryasukuye Ikirere Cya Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUmutekano

RIB Yavumbuye Amayeri Akomeye Bakoresha Biba Amadolari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?