Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Tchad Hadutse Imyigarambyo Yamagana Minisitiri W’Intebe Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Tchad Hadutse Imyigarambyo Yamagana Minisitiri W’Intebe Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2021 1:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo ziyoboye zaraye zishyizeho Bwana Albert Pahimi Padacké  ngo abe Minisitiri w’Intebe ariko kuri uyu wa Kabiri tariki 27, Mata, 2021 abaturage b’i N’Djamena baramukiye mu mihanda bamwamagana.

Abatavuga rumwe na Leta hamwe n’abo muri Sosiyete Sivili basabye abaturage kuyoboka.

Abakomeretse ubu barabarirwa muri 20.

Umunyamakuru wa RFI witwa Aurélie Bazzara-Kibangula avuga ko imyigaragambyo yakorewe no bindi bice bya Tchad.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri kiriya gihugu bamaganye  ko abashinzwe umutekano bafashe abantu benshi barabafunga babakurikiranyeho uruhare muri iriya myigaragambyo.

Abigaragambya bafite ibyapa byanditse ho ko badashaka ko Tchad ihinduka akarima k’umuryango umwe, aho umubyeyi apfa agasigira ubutegetsi uwo yabyaye cyangwa inshuti ze.

Albert Pahimi Padacké

Ikindi ni uko abigaragambya bari kutsa igitutu Abafaransa babashinja kuba inyuma y’ibibera muri kiriya gihugu.

Iki gitutu kiri kugaragara mu buryo bw’uko abigaragambya bari kwibasira ibigega bya essence by’ikigo cy’Abafaransa Total.

Abaturage bari kwigaragambya kandi bafunze umuhanda uva N’Djamena ugana mu Majyepfo y’igihugu.

- Advertisement -

Abapolisi n’ingabo boherejwe henshi kugira ngo bahoshe iriya myigaragambyo

Biganje mu bice birimo inyubako za Leta no mu mahuriro y’imihanda minini.

Abigaragambya kandi bari gutwika amapine k’uburyo hari ahantu henshi imyotsi yuzuye ikirere.

Kuba Bwana Albert Pahimi Padacké aherutse kugirwa Minisitiri w’Intebe byarakaje bamwe mu batuye.

TAGGED:AbapolisiAbaturageAbigaragambyafeaturedTchad
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Kigo Cya Gako ‘Officer Cadets’ Ba RDF Batozwa Bate?
Next Article Imodoka Zikoresha Amashanyarazi Zizifashishwa Muri CHOGM 2021
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho

Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?