Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko ingufu zibyara amashanyarazi zakwizwa ku isi ko u Rwanda by’umwihariko n’Afurika muri...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana yafashwe na RIB akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa bivugwa ko yari amaranye Icyumweru baba...
Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa...
Mu Rwanda hari kubera inama yahurije hamwe ibihugu bigize COMESA iri kwigira hamwe uko ibikoresho bitanga ingufu zisubira cyane cyane iziva ku mirasire y’izuba byahabwa ubuziranenge...