Connect with us

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yitabiriye Isabukuru Y’Ubwigenge Bw’Ibirwa Bya Bahamas

Published

on

Yisangize abandi

 Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yatabiriye umunsi wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bw’ibirwa bya Bahamas.

Ni isabukuru yizihijwe ku nshuro ya 50.

Umurwa mukuru wa Bahamas witwa Nassau.

Bahamas ni ikirwa kiri mu Nyanja ya Atlantique hino gato ya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Yari ari kumwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu witwa Philip Davis na Madamu Ann Marie Davis.

Nyuma yakiriwe ku meza n’ubuyobozi bukuru bw’iki gihugu kiri mu bigize Umuryango wa Commonwealth uyobowe na Perezida Kagame muri iki gihe.

Author

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version