Abatuye Umurenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke hafi y’ikirwa kitwa Kirehe bavuga ko Ubuyobozi bw’Akarere kabo bwafatanyije na REG kubaha ibyuma bitanga imirasire y’izuba bidakora....
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Samuel Dusengiyumva yabwiye abatuye Umurenge wa Boneza mu Kagari ka Bugarura(kari mu Kirwa) ko bagomba kuzirikana kujya batanga amakuru kuri...
Perezida Paul Kagame yabwiye Abagize Inteko ishinga Amategeko ya Jamaica ko u Rwanda rwiyemeje kuzakorana bya hafi n’igihugu cyabo mu nzego zirimo no gukomeza ubumwe bw’ababituye....
U Buyapani ni igihugu gifite byinshi kihariye kurusha ibindi ku isi ariko icy’ingenzi kurusha ibindi ni uko abaturage bacyo baramba kurusha abandi ku isi. Ni igihugu...
Hari impamvu ebyiri z’ingenzi zituma tubyemeza: Kuvuka kw’ibirwa no kuzimira kwabyo. Mu Buyapani haherutse kuvuka ikirwa gishya nyuma y’iruka ry’ikirunga kiri munsi y’Inyanja kitwa Fukutoku-Okanoba. Hagati...