Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2025 3:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

CP George Rumanzi ushinzwe ibikorwa bya Polisi avuga ko mu mwaka wa 2025 ibyaha byagabanutse ku kigero cya 15.7% ugereranyije n’uko byari bimeze mu mwaka wa 2024.

Rumanzi avuga ko n’impanuka zagabanutseho 2.4% ariko izo zabaye zibasiye cyane abamotari n’abanyamakuru bazize ahanini kwitarwa nabi mu muhanda

Umuyobozi muri Polisi ushinzwe ibikorwa yavuze ko Polisi muri icyo gihe yagaruje telefoni zibwe igaruza n’amafaranga yabaga yibwe mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Ku rundi ruhande, CP Rumanzi asaba ababyeyi kuzita ku bana babo bazaza mu biruhuko, abantu bakirinda ubusinzi n’urugomo kandi abantu bakirinda kuzaha abana ibisindisha.

Ati: “Turasaba abantu kuzirinda guha abana ibisindisha kandi abantu bakirinda ibyateza inkongi.”

Avuga ko mu minsi ya nyuma y’umwaka, Polisi izongera abashinzwe umutekano hirya no hino mu gihugu.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yashimye imikoranire ya Polisi n’abanyamakuru, asaba ko mu mwaka wa 2026 ibintu byazanoga bakirinda gutanga amakuru yise ‘umuranzi’.

Rutikanga asaba itangazamakuru kwirinda gukabiriza inkuru, hakabaho ubufatanye mu gutuma abaturage babona amakuru ahamye.

TAGGED:AbanyamakurufeaturedIbiganiroIbyahaPolisiRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?